Rukaku witegura kujya mu ikipe ya Manchester United yafunzwe na Polisi ya Los Angeles
— July 8, 2017
Please enter banners and links.

Umukinnyi wakiniraga ikipe ya Everton FC Romelu Rukaku witegura kujya mu ikipe ya Manchester United yafashwe na Polisi ya Los Angeles azira urusaku rwinshi yateje mu nzu yakodesheje yo kuraramo mu gihe ari mu kiruhuko.
Ikinyamakuru thedailymail.co.uk kuri uyu wa 8 Nyakanga 2017 cyavuze ko uyu mukinnyi yafashwe kuwa 2 Nyakanga 2017 ariko ararekurwa akazitaba urukiko Kuwa 2 zo mukwezi kwa cumi uyu mwaka.
Rukaku akaba ashinjwa kutabahiriza amategeko ya Beverly Hills Municipal Code 5-1-104 avuga ko nta muntu wemerewe gusakuriza abandi cyangwa guteza urusaku ,ibi bikaba byarabaye nyuma yabantu batandukanye gutelephona kuri Polisi bayimenyesha ko hari umuntu wishe amategeko akaba arimo gusakuriza abandi kandi bitemewe.
Polisi ya Beverly Hills Municipal yavuze ko yahamagaye mu nzu ya Rukaku inshuro icumi zose ariko yanze kuyitaba ariko baramwihaniza bityo ubu akaba ategerejwe mu rukiko ku itariki twavuze haruguru.


Iyi n’inyandiko ya Polisi

Uyu mukinnyi wamaze kugurwa na Manchester United akayabo ka Miliyoni £90 zose akaba agiye kuba uwa kabiri iyi kipe iguze amafaranga menshi cyane nyuma ya Pogba.
Ndayambaje F
4,510 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply