Liverpool FC yabwiwe ko Pierre-Emerick Aubameyang agurishwa Miliyoni £63m
— June 24, 2017
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool FC ikomeje kwiyubaka nkuko n’izindi zirimo kugura abakinnyi mu rwego rwo gukomeza amakipe kugirango mu kwezi kwa munani sezo izatangire zikomeye aho buri imwe ishaka gutwara igikombe.
Liverpool Fc ikaba yari imaze iminsi iri mu biganiro na Pierre-Emerick Aubameyang ariko ikipe ya Dortmund ikaba yabwiye Liverpool ko Pierre-Emerick Aubameyang agurishwa Miliyoni £63.
Liverpool FC iramutse iguze uyu mukinnyi bivugwa ko igikombe cya sezo (Season)yagitwara kuko ubusanzwe igira ikibazo cya barutahizamu nyuma yo kugurisha rutahizamu ukomeye ku isi Louis Suarez mu ikipe ya Barcelona.
Uyu mukinnyi akaba akashakwa n’amakipe menshi ariko PSG ikaba ariyo imushaka cyane n’ubwo Liverpool ihabwa amahirwe kubera umutoza Jurgen Klopp ariwe waguze uyu mukinnyi amuzanye muri Dortmund akaba ashobora kumuzana muri Liverpool.
Ndayambaje F
2,088 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply