Real Madrid yemereye Kylian Mbappe ko Christiano Ronaldo cyangwa Bale na Benzima umwe azagenda akabona umwanya
— June 24, 2017
Please enter banners and links.

Ikipe ya Real Madrid yamaze impungenge umukinnyi ukiri muto ushakisha n’amakipe yose ku isi ko igiye kurekura umwe mu bakinnyi bayo bakomeye uko ari 3 barimo Christiano Ronaldo ,Bale na Benzima kugirango Kylian Mbappe azabona umwanya wo gukina kuko yari afite impungenge ko najya muri Real Madrid ashobora kutabona umwanya uhagije wo gukina.

Christiano Ronaldo ushaka kuva muri Real Madrid

Kalim Benzima

Bale
Ikinyamakuru cyo mu Bufaransa kitwa L’Equipe kuri uyu wa 24 Kamena 2017 cyavuze ko mu gihe cya vuba rutahizamu ukiri muto ukinira ikipe ya Monaco ari bwerekeza mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo kuvugana n’umutoza Zinedine Zidane na Perezida wa Real Madrid Florentino Perez.


Kylian Mbappe
Ikipe ya Real Madrid yari ifite impungenge ko Kylian Mbappe ashobora kujya mu yandi makipe ariko nyuma yo kuvugana n’umutoza ndetse na Perezida w’ikipe ya Real Madrid ubu ikipe ikaba yizeye ko mu gihe cya vuba uwo mukinnyi ari bube yayigezemo ndetse yaba Zidane na Perezida Perezi bose bamaze kwemeza ko nta mpungenge bafite kuko byose byamaze kurangira bategereje ko umukinnyi ahagera.
Ndayambaje F
3,677 total views, 5 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply