Guhanga gukomeye cyane hagati ya Rayon Sports na APR FC ku munsi wo gutanga igikombe
— May 26, 2017
Please enter banners and links.

Mu Rwanda ubu haravugwa guhangana gukomeye hagati y’amakipe y’abakeba Rayon Sports na APR FC ku munsi wo guha Rayon Sports igikombe cyayo.
Ubu Rayon Sports iravuga ko yifuza ko ihabwa igikombe cya Shampiyona ya 2016/2017 ku mukino ifitanye na APR FC kugirango izayikomere amashyi mu gihe APR FC ivuga ko itakomera mukeba wayo amashyi kandi hari undi mukino cyeretse ariwo wonyine usigaye.
Bamwe mu bafana ba Rayon Sports bo icyo bashaka ni ukubona ikipe y’igihangange APR FC ariyo ikomera amashyi Rayon Sports kandi n’abafana ba APR FC bakavuga ko badashobora gukomera abakinnyi ba Rayon Sports amashyi ikipe bavuga ko batayikomera amashyi kubera guhora bahanganye.

Abakinnyi ba Rayon Sports FC
Bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda kuri uyu wa 26 Gicurasi 2017 byavuze ko FERWAFA ivuga ko igikombe Rayon Sports izagihabwa ku wundi mukino uzakurikira uwo Rayon Sports yari kuzakinana na APR FC.

APR FC
Rayon Sports ivuga ko nibatayiha igikombe cyayo ku mukino wayo na APR FC igikombe itazagitwara ariko benshi bakaba bavuga ko ibyo ari amagambo y’abafana kuko nta kipe iranga igikombe mu mateka y’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Umwe mu bafana ba APR FC yagize ati “igikombe n’amafaranga bayanga gute se?ibyo n’ibyo abafana bivugira kubera amaranga mutima yabo”.
Abandi bantu batandukanye bamaze kumva ibivugwa ko Rayon Sports nidahabwa igikombe ku mukino wayo na APR FC igikombe itazakemera bakavuga ko ibyo ari ukubeshya kuko Miliyoni zirenga Miliyoni 20 nta kipe yabyanga.
Ndayambaje F
3,333 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply