Guhanga gukomeye cyane hagati ya Rayon Sports na APR FC ku munsi wo gutanga igikombe
— May 26, 2017
Please enter banners and links.

Mu Rwanda ubu haravugwa guhangana gukomeye hagati y’amakipe y’abakeba Rayon Sports na APR FC ku munsi wo guha Rayon Sports igikombe cyayo.
Ubu Rayon Sports iravuga ko yifuza ko ihabwa igikombe cya Shampiyona ya 2016/2017 ku mukino ifitanye na APR FC kugirango izayikomere amashyi mu gihe APR FC ivuga ko itakomera mukeba wayo amashyi kandi hari undi mukino cyeretse ariwo wonyine usigaye.
Bamwe mu bafana ba Rayon Sports bo icyo bashaka ni ukubona ikipe y’igihangange APR FC ariyo ikomera amashyi Rayon Sports kandi n’abafana ba APR FC bakavuga ko badashobora gukomera abakinnyi ba Rayon Sports amashyi ikipe bavuga ko batayikomera amashyi kubera guhora bahanganye.

Abakinnyi ba Rayon Sports FC
Bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda kuri uyu wa 26 Gicurasi 2017 byavuze ko FERWAFA ivuga ko igikombe Rayon Sports izagihabwa ku wundi mukino uzakurikira uwo Rayon Sports yari kuzakinana na APR FC.

APR FC
Rayon Sports ivuga ko nibatayiha igikombe cyayo ku mukino wayo na APR FC igikombe itazagitwara ariko benshi bakaba bavuga ko ibyo ari amagambo y’abafana kuko nta kipe iranga igikombe mu mateka y’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Umwe mu bafana ba APR FC yagize ati “igikombe n’amafaranga bayanga gute se?ibyo n’ibyo abafana bivugira kubera amaranga mutima yabo”.
Abandi bantu batandukanye bamaze kumva ibivugwa ko Rayon Sports nidahabwa igikombe ku mukino wayo na APR FC igikombe itazakemera bakavuga ko ibyo ari ukubeshya kuko Miliyoni zirenga Miliyoni 20 nta kipe yabyanga.
Ndayambaje F
3,277 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply