Abantu batangariye Perezida Museveni yateye ikofe uwabigize umwuga Golola
— April 9, 2017
Please enter banners and links.

Abantu benshi batangariye Perezida Museveni wa Uganda ubwo yateranye amakofe n’uwabigize umwuga witwa Golola .
Kuwa 7 Mata 2017 Perezida Museveni yateranye amakofe n’umugabo wabigize umwuga witwa Golola maze batangira kuvuga ko Perezida Museveni ntacyo atazi.
Uretse gukunda gufata imbunda Perezida Museveni azi gukina umupira w’amaguru akaba ari rutahizamu ukomeye akaba yaratsinze ibitego byinshi.
Perezida Museveni azi guhinga ,azi kwiruka ,gukina umupira w’amaguru ,kurasa no kurwana ,akamenya kuragira inka ndetse no gukirana n’ibindi byinshi birimo kuhira inka gutwara igare.
Abantu bamukundira ko azi gusabana cyane n’abantu bose kandi azi kuganira atera urwenya.Reba amafoto atandukanye ya Perezida Museveni.









ari mu mirima ye ahinga anatwikira ubutaka



hano arimo kurasa


Inka yambaye umurebe (iyo inka zigeze 100 bazambika umurebe)

![]()
iyo n’impfizi ye


Hano Perezida Museveni yakinaga umupira w’amaguru


Muhungu John
2,903 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
HARACYARI URUJIJO KU ITABWAMURI YOMBI RYA MUTONIWASE KABATAYI NDETSE NAHO YEREKEJWE
Ibibazo bizagorana kubona ibisubizo mu rupfu rw’umukobwa Martha hafashe abasore 2 babanyarwanda(Vedio)
Abanyarwanda barenga Miliyoni 8 barahiye ko batazatora Perezida Museveni
Akarengane karavuza ubuhuha muri Gatsibo aho Kabatesi Godelive yasenyewe amazu ye biturutse ku Bunzi-Aratabaza Perezida Kagame
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply