Ikipe ya Liverpool Fc yatsinze Barcelona ibitego 4-0 ikimenyetso kuri Arsenal zizahura ku Cyumweru gitaha.
— August 6, 2016
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool FC Kuri uyu wa 6 Kanama 2016 yatsinze ikipe ya Barcelona FC ibitego 4 ku busa umukino wa gishuti wabereye I Wembley .
Saido Mane Liverpool yaguze Miliyoni 32 muri Southampton akaba ariwe watsinze igitego cya mbere nanone atera umupira myugariro wa Barcelona Mascherano aba yitsinze igitego cya 2.
Mu gice cya 2 nibwo Divock Origi yashyizemo icya 3 ku munota wa nyuma Marko Grujic nawe waguzwe uyu mwaka abatsinda igitego cyitwa Lara salama.
Uku gutsinda kwa Liverpool abenshi bemeje ko iyi kipe ikomeye ndetse uyu mukino ukaba wahskaga kwereka abafana ba Arsenal ko Arsenal ariyo itahiwe gutsindwa dore ko ariyo zizahura mu mukino wa Shampiyona izatangira Kuwa gatandatu utaha.
Umutoza wa Barcelona Fc Luis Enrique yagize ati “tubonye ikipe 2 zitandukanye ariko Liverpool yaturushije cyane ariko turacyafite igihe cyo kwisubiraho tukagira ikipe yatsinda amarushanwa yose kandi tuzabigeraho”.
Umutoza wa Liverpool Fc Jurgen Klopp we yagize ati “twakinnye neza ariko ntitwavuga ko turi hejuru ya Barcelona ariko nta nubwo turi hasi yayo icyangombwa ni uko twakinnye neza umupira tugatsinda”.
Ndayambaje F
2,975 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply