Urutondo rw’abahanzi bahatanira ibihembo bya Salax Award rwamenyekanye
— August 6, 2016
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa 6 Kanama 2016, abategura Salax Awards batangaje urutonde rw’abahanzi mu byiciro 14 bahataniye ibihembo uyu mwaka mu muhango wabereye muri Lemigo Hotel.
Mu Rwanda hagiye kongera gutangwa ibihembo biruta ibindi mu muziki, Salax Awards, aho ababitegura bazanye impinduka n’ibyiciro bitari bisanzwemo mu kurushaho kunoza byinshi no guhemba abitwaye neza harebwe inguni zose.
Umuyobozi wa Ikirezi Group itegura Salax Awards, Emma-Claudine Ntirenganya, yavuze ko umuhango wo gutanga ibihembo by’uyu mwaka uzaba wihariye ndetse n’imitangire yabyo ikazagaragaramo impinduka.
Yavuze ko mu gutegura Salax Awards ku nshuro ya karindwi hashyizwemo impinduka no kurushaho gukorera hamwe kw’abafatanyabikorwa hagamijwe kunoza ibitaragenze neza mu myaka 7 ishize.

Umuyobozi wa Ikirezi Group, Emma Claude ati “Ikintu cya mbere twishimiye ni uko amatora agiye kumara amezi ane akorwa. Ikindi ni uko abahanzi batoranyijwe bazerekana ibikorwa byabo kuri televiziyo zose dufitanye amasezerano ku buryo bizagera mu kwezi kwa cumi n’abiri abanyarwanda batora umuhanzi babanje kumenya ibikorwa bye.”
“Ikindi gikomeye ni uko dushaka ko Salax yegerezwa abaturage, abahanzi bazajya bakora ibitaramo [roadshow] biyereka abaturage aho batuye.”
mu byiciro 14 bizahatana, icya album y’umwaka cyavuyemo kuko abanyamakuru batoye bagisimbutse, nta album zatoranyijwe bityo abategura Salax bakivanamo.
Ati “Mu kanama ngishwanama twakoze mbere yo gukora ibyiciro, byaturenzeho ntitwatekereza ko muri 2015 nta album zamuritswe ku buryo abanyamakuru bazitora.”
Ibihembo bya Salax Awards bizatangwa kuwa 23 Ukuboza 2016. Byatangiye gutangwa mu mwaka wa 2008, byaherukaga kuwa 28 Werurwe 2014 ubwo hahembwaga abitwaye neza mu mwaka wa 2013.
Abahanzi batoranyijwe mu byiciro binyuranye
Umuhanzi witwaye w’umugabo [Best Male Artist]
Urban Boyz
Bruce Melody
King James
Christopher
Danny Vumbi
Umuhanzi witwaye neza w’igitsina gore [Best Female]
Knowless
Allioni
Teta Diana
Oda Paccy
Charly&Nina
Umuhanzi witwaye neza mu njyana ya Hip Hop [Best Hip Hop Artist]
Danny Nanone
Green P
Jay Polly
Riderman
Oda Paccy
Umuhanzi witwaye neza mu njyana ya RnB [Best RnB Singer]
Bruce Melody
King James
Christopher
Knowless
Peace Jolis
Umuhanzi witwaye neza mu njyana na Afrobeat [Best Afro beat Artist]
Mico The Best
Charly Nina
Danny Vumbi
Urban Boyz
Teta Diana
Umuhanzi ukizamuka [Best New Artist]
Aime Bluestone
Umutare Gaby
Buravan
Charly Nina
Video y’umwaka [Best Video of the year]
Indoro
Ko Nashize
70
Niba ari wowe
Tiyamo
Umuhanzi witwaye neza muri Gospel [Best Gospel Artist]
Israel Mbonyi
Patient Bizimana
Serge Iyamuremye
Janvier Kayitana
Tonzi
Korali yitwaye neza [Best Gospel Choir]
SDA Muhima
Abahetsi Choir ADPR Remera
Alarmes Ministries-Remera
Chorale de Kigali
Jehivah Jireh ULK Kigali
Umukinnyi witwaye neza [Best Player of the year]
Eric Dusingizimana
Sugira Ernest
Kwizera Pierrot
Nshuti Dominique Savio
Nsengimana Jean Bosco
Indirimbo nziza y’umwaka [Best Song of the year]
Indoro
Naramukundaga
Ni Danger
Tiyamo
Till I Die
Producer w’umwaka [Best Producer of the year]
Clement
Bob
Pastor P
Piano
Junior
Fazzo
Itsinda ryitwaye neza [Best Music Group]
TBB
Urban Boyz
Active
Dream Boyz
Charly Nina
Inkuru yanditswe na Gatera Stanley
2,618 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply