umu amakuru-  Abakobwa 30 boherejwe mu magereza atandukanye muri Kenya nyuma yo gufatwa babatwaye kubacuruza. | Umusingi

Abakoob  Abakobwa 30 boherejwe mu magereza atandukanye muri Kenya nyuma yo gufatwa babatwaye kubacuruza.

Please enter banners and links.

Abakoob

 

Abakobwa 30 bafatiwe ku kibuga cy’indege cya Jomo Kenyatta bajyanywe kubacuruza mu bihugu by’Abarabu maze bavuga uwababeshye ko yababoneyeyo akazi.

Umupolisi ushinzwe kurwanya icuruzwa ry’abantu mu gihugu cya Uganda witwa Moses Binoga yavuze ko abo bakobwa bafashwe bagiye kubacuruza mu bihugu by’Abarabu mu buryo bunyuranije n’amategeko bakaba bashyikirijwe inkiko zo muri Kenya zibohereza gufungirwa mu magereza atandukanye yo muri icyo gihugu.

Ibi yabivuze nyuma yo kumenya uwari ugiye kubagurisha witwa Hamza Aliddeki ufite Kampuni (Company) City Easy Tours and Travel nawe wahise afatwa na polisi ya Uganda ikaba isaba abantu bose yagiye abeshya ko baza bagatanga amakuru bakamushyiraho ibindi byaha agomba kuzaburana.

Abakoob

Moses Binoga  ibumoso yerekana kashe n’impapuro mpimbano bafatanye Hamza Aliddeki

Bamwe mu bakobwa bafashwe harimo 5 yari agiye kugurisha muri Misiri akaba yafatanywe na kasha ya Viza yo mu Misiri n’inzandiko za World Vision byibihimbano akoresha mu gucuruza abakobwa.Igihugu cya Kenya kimaze gufatirwamo abakobwa benshi babajyanye kubacuruza n’abanyarwanda babeshya ko ari Abagande kubera ko baba bafashe ibyangombwa muri Uganda.

Muhungu John Kampala

2,656 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.