Abakobwa 30 boherejwe mu magereza atandukanye muri Kenya nyuma yo gufatwa babatwaye kubacuruza.
— August 6, 2016
Please enter banners and links.

Abakobwa 30 bafatiwe ku kibuga cy’indege cya Jomo Kenyatta bajyanywe kubacuruza mu bihugu by’Abarabu maze bavuga uwababeshye ko yababoneyeyo akazi.
Umupolisi ushinzwe kurwanya icuruzwa ry’abantu mu gihugu cya Uganda witwa Moses Binoga yavuze ko abo bakobwa bafashwe bagiye kubacuruza mu bihugu by’Abarabu mu buryo bunyuranije n’amategeko bakaba bashyikirijwe inkiko zo muri Kenya zibohereza gufungirwa mu magereza atandukanye yo muri icyo gihugu.
Ibi yabivuze nyuma yo kumenya uwari ugiye kubagurisha witwa Hamza Aliddeki ufite Kampuni (Company) City Easy Tours and Travel nawe wahise afatwa na polisi ya Uganda ikaba isaba abantu bose yagiye abeshya ko baza bagatanga amakuru bakamushyiraho ibindi byaha agomba kuzaburana.

Moses Binoga ibumoso yerekana kashe n’impapuro mpimbano bafatanye Hamza Aliddeki
Bamwe mu bakobwa bafashwe harimo 5 yari agiye kugurisha muri Misiri akaba yafatanywe na kasha ya Viza yo mu Misiri n’inzandiko za World Vision byibihimbano akoresha mu gucuruza abakobwa.Igihugu cya Kenya kimaze gufatirwamo abakobwa benshi babajyanye kubacuruza n’abanyarwanda babeshya ko ari Abagande kubera ko baba bafashe ibyangombwa muri Uganda.
Muhungu John Kampala
2,656 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply