Kigali haje Butchery igezweho izajya ibagezaho inyama nziza ,amafi n’Inkoko ndetse n’ibindi bitandukanye
— July 22, 2021
Please enter banners and links.

Ni byiza ko tubagezaho amakuru yose kugirango ntimugacikwe n’ibyiza n’iyo mpamvu tubagezaho buri makuru yose kuko tubakunda mudahari ntitwakora.
Ikinyamakuru Umusingi ejo Kuwa 21/7/2021 cyari cyagiye I Gikondo aho twahasanze Butchery nziza cyane ifite ibyo mwese mwifuza birimo Inyama nziza ,Inkoko,Amafi ,Brochette n’ibindi byinshi nkuko muri bubibone ku ifoto.
Iyi Butchery batubwiye ko ije guha Abanyarwanda services nziza kandi yihuse aho Umuyobozi wayo Bigirimana Patrick yatubwiye ko umuntu wese aho yaba ari hose bamugezaho ibyo ashaka mu gihe ahamagaye kuri Telephone 0788336749 cyangwa 0788465666.
Impamvu tuba tubarangiye ahari ibyiza ni uko tubakunda kandi twifuza ko ibyiza bibageraho bityo rero icyo musabwa ni uguhamagara kuri izo nimero ukababwira icyo ushaka bakabikugezaho utiri ufata urugendo ujya ku isoko cyangwa utuma umukozi akakugurira inyama mbi cyangwa amafi mabi kandi bashobora kubikuzanira.


Mu gihe gito twahamaze kugirango turebe services batanga twabonye abantu benshi baza kugura inyama n’amafi na za komande za Brochette byoherezwa bivuze ko iyi Butchery services zayo zikunzwe cyane.
Umwe mu Bakiliya b’iyi Butchery witwa Goreti yatubwiye ko ashimira iyi Butchery kuba yarabatekerejeho kubaha services nziza ati “Njye ndabahamagara mu gihe gito baba banzaniye ibyo nshaka.Nayimenye nyuze aho bakorera mvuye ku kazi ndahabona nyurayo ngura ifi bambwira ko ntashoboye kuhagera nanjya mbahamagara bakanzanira ibyo nshaka ubu ndahamagara mu minota micye baba banzaniye ibyo nabasabye”.
3,401 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ntende Hotel ubu noneho ibahishiye byinshi, ndetse kuri ubu serivise muhabwa zongeye kunozwa hakurikijwe ibyifuzo by’abahagana,Abanyamahanga bayikundira iki?
Bagarirayose ashaka ko Perezida Kagame asoma iyi nkuru ku bijyanye na Hospitality
Hilltop Hotel yafashwe yiba amazi icibwa miliyoni 3Frw z’amande
Ijambo rya Perezida Kagame yavuze kuri “Customer care” ryatumye njya kuyiga ingirira akamaro –Charles Bagarirayose
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
Leave a reply