Byongeye byakomeye ,Uganda irashinja u Rwanda kumviriza Telephone z’abayobozi muri Uganda ,Reba urutonde rw’abumvirizwa
— July 22, 2021
Please enter banners and links.

Hashize igihe havugwa ibibazo bya Uganda n’u Rwanda hafi imyaka ibiri irenga kugeza ubwo imipaka y’ibihugu byombi ifungwa ndetse n’Imishyikirano yahuzaga abakuru b’ibihugu byombi yagiye iba ariko biba iby’ubusa.
Ubu amakuru ari kuvugwa ni uko u Rwanda rwumviriza Telephone z’Abayobozi muri Uganda hakoreshejwe ikoranabuhanga rya Israel ryitwa Pegasus spyware guhera muri 2016.
Ibinyamakuru bitandukanye nka Daily monitor cyo muri Uganda dukesha iyi nkuru kivuga ko mu bumvirizwa harimo Gen David Muhoozi yari Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda ubu akaba ari Minisitiri wa Internal Affairs,Sam Kutesa nawe wari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga,Andrew Mwenda uyu akaba yari umujyanama wa Kagame ariko uba muri Uganda ndetse yahembwaga akayabo kuvuga neza u Rwanda ,Joseph Ochwet,Ruhakana Rugunda wari Minisitiri w’Intebe na Nyanzi mukuru wa Bobi Wine.
Urutonde bivugwa ko rwasohowe na Amnesty International na Forbiden Stories ruriho abantu 22 mu bihugu bitandukanye harimo n’Umunyamakuru Mugabe Robert umaze umwaka ufungiwe muri Gereza ya Mageragere ndetse n’undi munyamakuru ukorera Ijwi rya Amerika Eric Bagiruwubusa .



Amakuru aturuka mu Rwanda mu binyamakuru bitandukanye ni uko bivuga ko u Rwanda rwamaganye amakuru avuga ko runeka abayobozi bakomeye muri Uganda.
Ibi bibaye hari abantu bamaze iminsi bavuga ko hari ibiganiro hagati y’ibihugu byombi bigamije kugarura umubano mwiza ndetse n’imipaka bavugaga ko ishobora gufungurwa vuba ariko ikigaragara ni uko ibibazo hagati y’ibihugu byombi ukirimo igitokozi.

Urutonde rw’abumvirizwa
Bivugwa ko urutonde rugera ku bihumbi 3500 bumvirizwa harimo Abanyapolitike bahunze igihugu nka Himbara David agaragara kuri urwo rutonde na Jean Paul Tuyishimye,Casien Ntamuhanga Umunyamakuru ubu utazwi aho aherereye nyuma yo gutoroaka gereza mu Rwanda ndetse bikaba biherutswe kuvugwa ko yaba yarafatiwe Mozambique ku buryo hari n’abavugaga ko ashobora kuba yaragejejwe mu Rwanda.
Mu bandi bavugwa harimo Carine Kanimba umukobwa wa Paul Rusesabagina na Frank Ntwali n’abandi batandukanye kandi amakuru avugwa kugirango Israel yemere kugukorera ako kazi ko kumviriza izo Telephone yishyurwa akayabo ka amafaranga menshi cyane.
5,474 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply