Man United yahaye igikombe cya Shampiyona mukeba wayo Liverpool nyuma yo gutsinda Man City
— December 10, 2019
Please enter banners and links.

Kuwa gatandatu tariki 7 Ukuboza 2019 nibwo benshi mu bakunda umupira w’amaguru cyane cyane iy’uBwongereza ikurikirwa n’abenshi batangiye kwemeza ko ikipe ya Liverpool itwaye igikombe cya Shaampiyona.
Impamvu abantu bashingiragaho ni uko Man City yahataniraga igikombe na Liverpool yatsinzwe na Man United ibitego 2-1.
Bivuze ko Liverpool yahise isiga Man City amanota 14 yose aho abenshi bavuga ko Liverpool isa n’iyamaze gutwara icyo gikombe kubera ko amanota 14 ari menshi cyane ntaa kipe yanyura kuri Liverpool ngo iyibuze gutwara iki gikombe imaze imyaka 30 itagikoraho.



Liverpool ubu iri kumwanya wa mbere n’amanota 46 ikaba imaze gukina imikino 16 yose itaratsindwa ari nabyo benshi bavuga ko Liverpool yafatiyeho ntta mukino ishaka gutakaza kugirango itware igikombe.
Iya 2 ni Leicester city ifite amanota 38 irushwa na Liverpool aamanota 8 yose naho Man City ikaba ku mwanya wa 3 ndetse aho bivugwa ko ishobora kurangiza ari iya 4 kubera ikomeje gutakaza amanota ,twabibutsa ko ariyo iherutse gutwara ibikombe 2 biheruka byikurikiranya.
Ndayambaje F
2,861 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply