Umukino wa Manchester United na Liverpool wavuzwemo kubogama kumusifuzi na VAR yakoreshwaga ku ikipe imwe gusa
— October 20, 2019
Please enter banners and links.

Kuri iki cyumweru tariki 20 Ukwakira 2019 Manchester United na Liverpool wari wahuruje abantu benshi warangiye ikipe zombi zinganyije igitego kimwe kuri kimwe ariko havugwa ko umusifuzi yabogamiye ikipe imwe ndetse na VAR igakoreshwa ku ikipe imwe gusa.
Ikipe ya Manchester United yari mu rugo ndetse ikaba yahabwaga amahirwe yo gutsinda Liverpool kubera aya makipe kubera amateka zifitanye ariko Liverpool muri iki gihe ishaka gutwara igikombe ikaba yagerageje yitwara neza ndetse itsinda igitego VAR iracyanga cyari cyamaze kwandikwa.
Ikipe ya Manchester United niyo yabanje gutsinda igitego mu gice cya mbere ndetse byasaga nk’abamaze kwizera intsinzi ko batsinze Liverpool kubera iminota yari igeze kuri 85 aribwo Adam Lallana waje asimbuye atsinda igitego cya Liverpool naho icya Manchester United kikaba cyatsinzwe na Rashford.
Umusifuzi yakomeje gusifura Liverpool cyane ndetse agatanga amakarita y’umuhondo ku buryo byagaragaye ko yabogamiye kuri Manchester United ndetse n’igitego cya Manchester United akaba yanze gusifura ikosa umukinnyi wa Liverpool Origi yari akorewe ndetse na VAR ikaba itakoreshejwe kureba iryo kosa banga ko bishobora gutuma igitego cya Manchester United cyangwa bityo barabyihorera.

Lalalana amazi gutsinda igitego cya Liverpool

Origi akorerwa ikosa VAR ntigire icyo ivuga kandi ubundi yandika ko ari ikosa cyangwa atari ikosa




Rashford atsinda igitego cya Manchester United



Liverpool yakomeje gusatira ndetse Sadio Mane aza gutsinda igitego ariko VAR iracyanga ariho bamwe mu bafana ba Liverpool bahereye bavuga ko umusifuzi yaberaga ndetse na VAR igakoreshwa cyane kuri Liverpool kuri Manchester ntikoreshwe cyane.
Liverpool yakomeje kuyobora urutonde kuko ifite amanota 25 mugihe Manchester City zihora zihanganye ifite amanota 19 naho Manchester United ikaba ari ku mwanya wa 13.
Ndayambaje F
4,472 total views, 1 views today

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Gen Kayumba Nyamwasa yarakaye cyane nyuma yo kumva Perezida Kagame avuga uko abahungu be yabinjije mu giusirikare(Vedio)
Impamvu Gen Nyamvumba yambwiye umunyamakuru Rutareka ko ari umwanzi w’Igihugu kurusha Gen Kayumba Nyamwasa (Vedio)
Pastor Kibonge yiyahuye yitwitse kubera umugore,Sandra Teta n’umugabo we bongeye ,Umunyamakuru Kamanzi yatorokeye Uganda(Video)
Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umukobwa witwa Pia Pound umaze iminsi yaratwaye Eddy Kenzo umutima, abandi basore baramurwanira ariko aruta Rema ubwiza?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply