Umuhanzi Meddy afungiwe i Remera
— October 21, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzi Meddy yatawe muri yombi ahagana saa munani z’ijoro atwaye imodoka yanyoye inzoga, ahita afungwa.
Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Umutesi Marie Gorette, yabwiye itangazamakuru ko uyu muhanzi “yaraye afunzwe, kubera gutwara yanyoye ibisindisha. Yafatiwe i Remera nka saa munani z’ijoro.”
Amategeko ateganya ko umuntu wese ufashwe atwaye imodoka yanyoye ibisindisha, afungwa iminsi itanu, akanatanga ihazabu y’amafaranga ibihumbi 150 Frw.
Polisi yasabye abatwara ibinyabiziga, kwirinda gutwara banyoye ibisindisha kuko bigira ingaruka kuri bo n’abandi bakoresha umuhanda.
Meddy usanzwe utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageze muri Afurika muri Kanama 2019, yitabiriye igitaramo yagombaga gukorera muri Sychelles.
Mu ntangiriro za Nzeri 2019 yitabiriye igitaramo cyiswe Kwita Izina Concert yahuriyemo na Ne-Yo.
Nyuma yaho yakoreye igitaramo muri Kenya mbere y’uko asubira muri Sychelles ahataramira bwa kabiri. Tariki 9 Ukwakira yari umwe mu bataramiye muri Youth Connekt Concert hamwe na Patoranking I Kigali.
Ahandi mu bindi bihugu umusitari ntago apfa gufungwa gutyo kuko aba ashobora kugura cyangwa gutanga amafaranga menshi akarekurwa ariko mu Rwanda amategeko arubahirizwa.
4,239 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply