Samuel Eto’o yakoze ubukwe buhenze nyuma yo kumara igihe abishaka ariko ntibikunde
— June 19, 2016
Please enter banners and links.

Icyamamare mu mupira w’amaguru Samuel Eto’o yakoranye ubukwe bw’akataraboneka n’umukunzi we w’igihe kirekire bakundana Georgette Tra lou ku wa kabiri taliki ya 14, mu rusengero rwo mu gihugu cy’Ubutaliyani.
Samuel Eto’o w’imyaka 35, wahoze ari rutahizamu ukomeye w’ikipe ya Barcelona ,Chelsea na Everton yambitse impeta y’urudashira Georgette Tra lou mu muhango w’ubukwe bwabereye muri kiliziya ya Stezzano iri mu karere ka Bergame mu bilometero 25 uvuye mu mujyi wa Milan.
Ubukwe bwa Samuel Eto’o bakunze guha akabyiniriro ka Fils,bwitabiriwe n’abantu benshi batandukanye, harimo na Carles Puyol wahoze ari kapiteni w’ikipe ya Barcelone. Hagaragayemo kandi Massimo Morrati wahoze ari nyiri Inter Milan.
Eto’o akaba yiyemeje kwambika impeta Georgette Tra Lou, bari basanzwe babana ndetse bafitanye abana 2.
Muri Uganda byaratangiye ariko sicyane ndetsa no muri Kenya ariko u Rwanda ,Burundi ntibirahagera kandi bifasha abantu kwitegura neza babona bamaze gufatisha bakabona gukora ubukwe .





Aho bitaragera umusore afata Miliyoni 30 zose akazikoresha mubukwe agatangira kujya gusaba inguzanyo muri bank kandi za Miliyoni 30 zakabafashije kwiyubaka bakazabukora nyuma.
Hari umuco abantu benshi muri Afurika cyane cyane East Africa bataramenya aho umuhungu n’umukobwa babana bakabisaba ababyeyi nyuma bakazakora ubukwe .
Mu kwezi kwa Nyakanga 2014 nibwo Samuel Eto’o yasabye Georgette ko yazamubera urubavu, maze amwambika impeta y’abitegura kurushinga ihagaze akayabo k’ amayero 500.000.
Eto’o yaje mu bukwe bwe yitwaye mu modoka yo mu bwoko bwa Bugatti Veyron ihagaze akayabo ka miliyoni 1 y’amapawundi(Pound).
Eto’o yagaragaje ko ubukwe bwe yabwiteguye kandi agaragaza ko ari umukire kuko n’imodoka yagendagamo n’izindi zakoreshejwe mu bukwe bwe zose zari zihenze .
Noella
3,633 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply