KCCA FC ya Uganda niyo itwaye igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2019
— July 21, 2019
Please enter banners and links.

Umukino wa nyuma waberaga i Kigali kuri Stade ya Nyamirambo uyu munsi tariki 21 Nyakanga 2019 urangiye KCCAFC yo mu gihugu cya Uganda itwaye igikombe ku mukino wabahuzaga na AZAM FC yo muri Tanzania.KCCA FC ikaba itsinze AZAM FC igitego kimwe ku busa ,umukino wagaragaragamo imbaraga nyinshi ku mpande zombi.
Gusa Abanyarwanda bumvaga nk’Igihugu kuba aricyo cyakiriye irushanwa amakipe yo mu Rwanda imwe muri APR FC cyangwa Rayon Sports hari iyagomabaga gutwara icyo gikombe cyangwa byibuze ikagera ku mukino wa nyuma ariko ntibyashabotse bikaba bikomeje kugaragaza ko urwego umupira wo mu Rwanda uriho ukiri hasi igereranije n’ibindi bihugu.





No kuba ibindi bihugu muri East Africa nka Uganda ,Tanzania,Burundi,Kenya ndetse na DR.Congo byose byaragiye mu mikino y’igikombe cy’Afurika u Rwanda rwonyine rukaba ari rwo rutagiyeyo byerekanye ko umupira w’u Rwanda wasubiye inyuma cyane ndetse ababishinzwe na Minisiteri bagawe.
2,852 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply