Umukino wishiraniro hagati y’ikipe ya Liverpool FC na Bayern Munich ugiye gutangira mukanya n’iyihe inyuraho?
— March 13, 2019
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool FC irahabwa amahirwe yo gukomeza kubera impamvu 3 ,Impamvu ya mbere barashingira ko ari ikipe ifite amateka mu gikombe cya Champions League ifite ibikombe 5 mu gihe Bayern ifite ibikombe 3.
Impamvu ya 2 ni uko Liverpool ifite abakinnnyi bakomeye kurusha Bayern uhereye kuri Saido Mane uzengereza amakipe menshi na Sarah ndetse na Firmino na Virgil van Dijk naba Fabinho, Xherdan Shaqiri n’abandi batandukanye.
Bayern nayo n’ikipe itoroshye kandi iri mu rugo ariko icyo kuba ari mu rugo cyo ntago cyayiha amahirwe kuko na Man United yatsinze PSG iyisanze iwayo.



Bayern iraba ikinira ku kibuga cyayo Allianz Arena imbere y’abafana ariko ibyago ifite ni uko Liverpool ibona igitego hanze kuko zinganyije ibitego Liverpool irakomeza cyeretse ubusa ku busa nibwo bajya mu nyongera hanyuma bakomeza kunganya bakajya muri penalite.

M.Sarah

Saido Mane

Virgil van Dijk

Xherdan Shaqiri
Ikipe ya Liverpool irimo kugaragaza ko ikomeye nyuma yahoo umwaka ushize yagarukiye ku mukino wa nyuma itsinzwe na Real Madrid ubu yavuye mu irushanwa ,n’ubu Liverpool ikaba ikomeje kugaragaza ko ikomeye ikaba yari imaze igihe ku mwanya wa mbere muri shampiyona yo mu Bwongereza aho bigaragara ko ishaka ibikombe byombi bikomeye.
Impamvu ya 3 Loverpool ihabwa amahirwe ni uko ishobora kunganyiriza hanze ibitego uko byaba bingana kose yahita ikomeza ,naho Bayern Munich icyo isabwa ni ugutsinda ntabindi.

Robert Lewandowski
Umutoza wa Liverpool yavuze ko bashaka iki gikombe nyuma yahoo bamwe mu bahoze ari abakinnyi nka Gary Nevelle wakiniraga Man United yavugaga ko Liverpool ikwiye kuva muri Champions League igashyira imbaraga kuri Premier League.
Ikipe ya Bayern ikaba icungiye kuri rutahizamu wayo witwa Robert Lewandowski na Ribery ariko Liverpool ikaba izwiho ko ifite ba myugariro beza bakomeye ndetse n’umuzamu mwiza.
Ndayambaje F
3,172 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply