Liverpool yakoze amateka nkayo yakoreye Istanbul itsinda 4 kuri 3
— April 15, 2016
Please enter banners and links.

Uko muri Europa amakipe yatomboranye
Ikipe ya Liverpool yaraye ikoze amateka nkayo yigeze gukorera Istanbul ubwo yatsindwaga ibitego 3 ku busa mu gice cya mbere ,mu cyakabiri ikabyishyurwa ndetse igatwara igikombe cya Champions League .
Kuri uyu wa kane taliki 14 ikipe ya Liverpool mu minota 8 gusa yari imaze gutsindwa ibitego 2 ku busa n’ikipe ya Dortmund abantu bati iratsindwa byinshi.






Mu minota nka 20 umukino wahindutse Liverpool itangira gusatira izamu rya Dortmund ,igice cyambere cyagiye kurangira Liverpool yabonye igitego cyayo ,abafana bayo bati wenda ziranganya.
Igice cya 2 kigitangira ikipe ya Dortmund ishyiramo icya 3 ,abandi bati ibya Liverpool birarangiye ariko Liverpool yaje kwigaranzura ikipe ya Dortmund yishyura ibitego 3 byose maze ku munota wa nyuma nibwo Liverpool yatsinze igitego cya 4 cyatumye abakinnyi ba Dortmund n’abafana bararana agahinda bari bazi ko babonye intsinzi.
Umutoza wa Liverpool akaba yibukije abafana b’iyo kipe amateka Liverpool yigeze gukorera muri Turkey Istanbul muri 2005 ubwo yatsindwaga na AC Milan ibitego 3 ku busa mu gice cya 2 ikabyishyura ndetse igatwara n’igikombe.Liverpool ikaba yatomboye Villarreal naho Shakhtar itombora Sevilla.
Muhungu John
3,244 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply