Perezida w’umunyagitugu ku isi yavuze ko akunda ikipe y’amashitani
— September 12, 2017
Please enter banners and links.

Kim Jong-un ni Perezida wa Koreya ya ruguru akaba avuga ko akunda ikipe y’amashitani ariyo The red devels uzwi nka Manchester United ndetse akavuga ko mu minsi yavuba abanya Koreya ya ruguru bazatangira gukina umupira muri Shampiyona y’Abongereza kugirango bigaragaze nabo.
Antonio Razzi n’umusinateri mu gihugu cy’Ubutaliyani akaba inshuti ya Kim Jong-un akaba aherutse kugirana nawe ibiganiro aribwo Kim Jong-un yamuganiriye uburyo akunda ikipe y’amashitani ndetse akavga ko atajya asiba kureba umupira wa Manchester United iyo irimo gukina.
Antonio Razzi akaba yabitangarije Ikinyamakuru The Sun cyo mu Bwongereza aricyo dukesha aya makuru.
Antonio Razzi abajijwe niba Kim Jong-un hari umukinnyi w’igihangange yakwigereranya nawe Eric Cantona cyangwa Zlatan Ibrahimovic yagize ati “oya Kim Jong-un ni we wenyine nta muntu yakwigereranya nawe”.

Perezida Kim Jong-un

Umubiligi rutahizamu wa Manchester United Rukaku

Antonio Razzi mushuti wa Kim Jong-un
Mu bakinnyi Perezida Kim Jong-un avuga bashobora kuzatangira gukina mu Bwongereza baturuka mu gihugu cye harimo Han Jwang-song wazamutse mu ntera akaba akinira ikipe ya Perugia mu gihugu cy’Ubutaliyani.
Antonio Razzi n’umunyapolitike ukomeye mu gihugu kubera ubushuti afitanye na Perezida Kim Jong-un akaba avuga ko Koreye ya ruguru ari igihugu kirimo gutera imbere mu buryo butandukanye n’umupira w’amaguru aho Perezida w’icyo gihugu yifuza kubona n’abandi bakinnyi benshi bazamuka bakajya gukina muri Shampiyona y’uBwongereza bigatuma igihugu kimenyekana mu mupira w’amaguru ndetse kigakundwa.
Hari abantu batangiye kuvuga ku mbuga nkoranyambaga ko impamvu Perezida Kim Jong-un akunda ikipe y’amashitani ari uko ari umunyagitugu ku isi akaba akunda ikipe ifite izina ry’amashitani ariyo Manchester United kubera ko yitwa The Red Devels (Ishitani y’umutuku).
Ndayambaje F
2,626 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply