
Umuzamu w’ikipe y’igihugu cya Uganda Abel Dhaira yapfuye.
— March 28, 2016

Please enter banners and links.
Abel Dhaira wari umuzamu w’igihugu w’ikipe ya Uganda (Ugunda Cranes) yitabyimana kuri uyu wa 27 Werurwe 2016 ku myaka 28 gusa azize indwara ya Cancer.
Dr.Bernard Ogwel umwe mu bahagarariye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihu cya Uganda(FUFA) niwe watangirije ikinyamakuru BBC Sport dukesha iyi nkuru iby’iyi nkuru y’akababaro,yavuze ko ari agahinda gakomeye cyane ku muryango n’igihugu muri rusange.
Dr Bernard yagize ati:”ni agahinda gakomeye ku muryango we ndetse n’igihugu cya Uganda”
Nkuko BBC ikomeza ibitangaza ngo Dhaira yatangiye kugaragaza ibimenyetso bya Cancer mu kwezi kwa mbere 2016 ahita ajyanwa mubitaro bya Nsambya muri Uganda mbere yuko yerekezwa mu kirwa cya Iceland aho yavurirwaga ubu.
Abel Dhaira yavutse ku italiki ya 27 Nzeri 1987 yakinaga mu ikipe ya IBVVestmannaeyjar mu gihugu cya Iceland mu cyiciro cya mbere.
Uyu Abel Dhaira yatangiye gukinira igihugu cya Uganda mu mwaka wa 2009 ayifasha no gutwa igikombe cya CECAFA y’ibihugu cyo muri 2012 batsinze Kenya 2-1.Abel Dhaira kandi yakinnye mu makipe atandukanye yo mu gihugu cy’iwabo muri Uganda harimo ikipe ya Express, URA(Uganda Revenue Authaulity) FC, akina mu gihugu cya Congo kinshansa mu ikipe ya AS Vita Club yaje no kinira ikipe ya Simba sport Club yo muri Tanzaniya mbere yuko yerekeza mri Iceland mu ikipe ya IBV Vestmannaeyjar
ZIGAMA Theoneste
2,750 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply