CHAN: Huye Ethiopie inaniwe kwisobanura na Cameroun.
— January 22, 2016
Please enter banners and links.

Umukino wahuzaga ikipe ya Etiyopiya na Cameroun mu itsinda rya kabiri mu mikino ya CHAN urangiye amakipe yombi ntayirebye mu izamu ry’indi banganya ubusa ku busa bigabanyiriza amahirwe Etiyopiya yo kwerekeza mu mikino ya kimwe cya kane.
Aya makipe yombi abarizwa mu itsinda rya kabiri, uyu mukino wari witezweho kwerekana niba Cameroun iri bukatishe tike ikurikira Congo muri kimwe cya kane. Etiyopiya ariko yari yatsinzwe umukino wa mbere inyagiwe na Congo nayo yaje ishaka gutsinda ngo irebe ko yakongera amahirwe yo kurenga amatsinda.
Uko amakipe yose yashakaga intsinzi byatumye agabana amanota 3 kuko barangije umukino nta kipe ishoboye kureba mu izamu ry’iyindi banganya ubusa ku busa.
Ibi bihaye Cameroun amahirwe yo gufata umwanya wa kabiri n’amanota 4 naho Etiyopiya yo igumana ifata umunya wa 3 n’inota rimwe.
Iri tsinda riyobowe na RD Congo ifite amanita 6 kuri atandatu yanamaze kubona itike iyerekeza mu mikino ya kimwe cya kane. Cameroun ni iya kabiri n’amanota 4, Etiyopiya igakurikira ku mwanya wa 3 n’inota rimwe naho Angola ni iya nyuma nta nota na rimwe irabasha kubona ndetse yanamaze gusezererwa muri iyi mikino.
Imikino izakurikira yo muri iri tsinda rya 2 izaba ku wa mbere w’icyumweru gitaha tariki ya tariki ya 25 Mutarama.
3,453 total views, 3 views today

Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply