Rukaku yakoranye imyitoza na Pogba aca amarenga yo kujya muri Man United
— July 7, 2017
Please enter banners and links.

Ikipe ya Jose Morinho Manchester United irimo kwitegura kugura undi mukinnyi uhenze ariwe Lomeru Rukaku kuri Miliyoni £89 nyuma yo kugura Pogba Miliyoni £100.
Uyu munsi Kuwa 7 Nyakanga 2017 umukinnyi Rukaku wakiniraga ikipe ya Everton yagaragaye arimo gukora imyitoza ari kumwe na Paul Pogba mbese asa nuhaye abafana ba Manchester amakuru ko ari munzira zo kurangiza amasezerano no gusuzumwa ubundi akaba umukinnyi w’iyi kipe.

Rukaku ubanza hagakurikiraho Pogba

Iyi kipe ya Manchester United yatangiye gutera abantu ubwoba ko sezo itaha izatangira mu kwezi gutaha ishobora kuzatwara ibikombe byinshi nyuma yo kugura abakinnyi beza kuko irimo no gushaka uwitwa Morata kuva mu ikipe ya Real Madrid aho Real Madrid imushakaho Miliyoni 80 z’Amayero mu gihe Manchester United ishaka kumutangaho 70.Ubucuruzi buri muri aya makipe yombi burasekeje kuko Real Madrid irashaka ko Manchester United iyiha Miliyoni 80 ,aya niyo Real yaguzemo Christiano Ronaldo none Real irashaka ko Manchester United iyisubiza amafaranga yayihaye igura Ronaldo ariko Morata n’umusimbura kandi Ronaldo icyo gihe agurwa ntago yari umusimbura.
Abafana ba Manchester United batangiye kuvuga ko Morinho ashaka kubahombesha ndetse no kubasuzuguza ikipe ya Real Madrid.
Ndayambaje F
4,528 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply