Real Madrid yemereye Kylian Mbappe ko Christiano Ronaldo cyangwa Bale na Benzima umwe azagenda akabona umwanya
— June 24, 2017
Please enter banners and links.

Ikipe ya Real Madrid yamaze impungenge umukinnyi ukiri muto ushakisha n’amakipe yose ku isi ko igiye kurekura umwe mu bakinnyi bayo bakomeye uko ari 3 barimo Christiano Ronaldo ,Bale na Benzima kugirango Kylian Mbappe azabona umwanya wo gukina kuko yari afite impungenge ko najya muri Real Madrid ashobora kutabona umwanya uhagije wo gukina.

Christiano Ronaldo ushaka kuva muri Real Madrid

Kalim Benzima

Bale
Ikinyamakuru cyo mu Bufaransa kitwa L’Equipe kuri uyu wa 24 Kamena 2017 cyavuze ko mu gihe cya vuba rutahizamu ukiri muto ukinira ikipe ya Monaco ari bwerekeza mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo kuvugana n’umutoza Zinedine Zidane na Perezida wa Real Madrid Florentino Perez.


Kylian Mbappe
Ikipe ya Real Madrid yari ifite impungenge ko Kylian Mbappe ashobora kujya mu yandi makipe ariko nyuma yo kuvugana n’umutoza ndetse na Perezida w’ikipe ya Real Madrid ubu ikipe ikaba yizeye ko mu gihe cya vuba uwo mukinnyi ari bube yayigezemo ndetse yaba Zidane na Perezida Perezi bose bamaze kwemeza ko nta mpungenge bafite kuko byose byamaze kurangira bategereje ko umukinnyi ahagera.
Ndayambaje F
3,641 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply