Real Madrid yemereye Kylian Mbappe ko Christiano Ronaldo cyangwa Bale na Benzima umwe azagenda akabona umwanya
— June 24, 2017
Please enter banners and links.

Ikipe ya Real Madrid yamaze impungenge umukinnyi ukiri muto ushakisha n’amakipe yose ku isi ko igiye kurekura umwe mu bakinnyi bayo bakomeye uko ari 3 barimo Christiano Ronaldo ,Bale na Benzima kugirango Kylian Mbappe azabona umwanya wo gukina kuko yari afite impungenge ko najya muri Real Madrid ashobora kutabona umwanya uhagije wo gukina.

Christiano Ronaldo ushaka kuva muri Real Madrid

Kalim Benzima

Bale
Ikinyamakuru cyo mu Bufaransa kitwa L’Equipe kuri uyu wa 24 Kamena 2017 cyavuze ko mu gihe cya vuba rutahizamu ukiri muto ukinira ikipe ya Monaco ari bwerekeza mu ikipe ya Real Madrid nyuma yo kuvugana n’umutoza Zinedine Zidane na Perezida wa Real Madrid Florentino Perez.


Kylian Mbappe
Ikipe ya Real Madrid yari ifite impungenge ko Kylian Mbappe ashobora kujya mu yandi makipe ariko nyuma yo kuvugana n’umutoza ndetse na Perezida w’ikipe ya Real Madrid ubu ikipe ikaba yizeye ko mu gihe cya vuba uwo mukinnyi ari bube yayigezemo ndetse yaba Zidane na Perezida Perezi bose bamaze kwemeza ko nta mpungenge bafite kuko byose byamaze kurangira bategereje ko umukinnyi ahagera.
Ndayambaje F
3,595 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply