
Irebere Hotel ihenze cyane umutoza wa Manchester United Jose Mourinho araramo
— June 8, 2017

Please enter banners and links.
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho akomeje kuba muri Hotel ihenze cyane kuva yagera mu mujyi wa Manchester United.
Amakuru aturuka muri iyo Hotel yitwa Lowry ni uko icyumba Mourinho araramo kishyurwa £816 ijoro rimwe kandi kuva uyu mutoza yatangira gutoza Manchester United niho arara kandi akaba avuga ko n’umwaka utaha ariho azarara akaba yatangiye gutegura ikipe ya azakinisha season itaha.Ubuyobozi bwa Hotel buvuga ko bwagabanyirije uyu mutoza igiciro kubera ariho yahisemo kuba igihe kirekire n’ubwo batavuze ayo bamugabanirijeho.






Abantu bibaza kwishyura amafaranga menshi gutyo buri munsi kandi ashobora gukodesha inzu iri mu rugero rwiza ari byo byaba bihendutse ariko bakiyibagiza ko umupira w’amaguru kuri iyi isi urimo amafaranga menshi cyane ku buryo bamwe baba bumva kuyaryohamo binezeza aribyo byiza kuko bafite inzu nziza zihenze baba bakodesha ,bakagira amato ku Nyanja nayo aba yinjiza ,imodoka zihenze ku buryo n’umushahara iyo ukwezi kurangiye usanga umukinnyi cyangwa umutoza aba afite menshi cyane.
Ni hotel irimo buri kimwe na tekinoroji ku buryo uyu mutoza ariho arimo gutegurira ikipe n’abakinnyi ashaka kugura mu rugamba rwo guhatanira igikombe (sezo) itaha.
Ndayambaje F
2,493 total views, 7 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply