Manchester United yatwaye EFL Cup itsinze Southampton">
Manchester United yatwaye EFL Cup itsinze Southampton
— February 27, 2017
Please enter banners and links.

Ikipe ya Manchester United yatwaye irushanwa ry’igikombe cya ‘English Football League Cup” cyahoze cyitwa Carling Cup ubwo yari imaze gutsinda Southampton ibitego 3-2 ku mukino wa nyuma.

Igitego cya mbere cyatsinzwe na Zlatan Ibrahimovic ku munota wa 19’ w’umukino ku ruhande rwa Manchester United. Jesse Lingard yaje kongeramo ikindi ku munota wa 38’ w’umukino amakipe ajya kuruhuka Manchester United iri imbere.

Mbere yuko bajya kuruhuka ku munota wa 45’, Manolo Gabbiadini yashyuye igitego cya mbere ndetse aza kungamo ikindi bavuye kuruhuka ku munota wa 48’. Manchester United yategereje umunota wa 87’ kugira ngo Zlatan Ibrahimovic ababere umucunguzi banatware igikombe batsindiye bigoye.
2,429 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply