Shampiyona irasubukurwa hakinwa umunsi wa 16">
Shampiyona irasubukurwa hakinwa umunsi wa 16
— February 10, 2017
Please enter banners and links.

Imikino yo kwishyura muri Azam Rwanda Premier League iratangira kuri uyu wa Gatanu, AS Kigali ihura na Sunrise ubwo bazaba bakina umunsi wa 16 wa shampiyona y’u Rwanda, kuri Stade ya Kigali.
Indi mikino y’umunsi wa 16 wa Azam Rwanda Premier League izakomeza mu mpera z’icymweru, ni ukuvuga kuwa Gatandatu no ku Cyumweru ku makipe yose, ukuyemo APR FC na Rayon Sports zizahagararira u Rwanda mu mikino mpuzamahanga ndetse n’amakipe y’Amagaju FC na Police FC bari bafitanye iyi mikino.
APR FC na Rayon Sports biteganyijwe ko zizakina imikino y’umunsi wa 16 zimaze gukina imikino ibanza mpuzamahanga.
Rayon Sport yashoje imikino ibanza iyoboye urutonde rwa Shampiyona n’amanota 36 izasura Police yarangije imikino ibanza iri ku mwanya wa gatatu. Umukino uzaba tariki 25 Gashyantare, naho APR FC yarangije imikino ibanza iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 34 umukino wayo n’Amagaju FC ukaba washyizwe tariki 21 Gashyantare.
Uko imikino y’umunsi wa 16 Azam Rwanda Premier League iteganyijwe:
Kuwa Gatanu, 10 Gashyantare 2017
AS Kigali vs Sunrise Fc (Stade de Kigali)
Kuwa Gatandatu, 11 Gashyantare 2017
Espoir Fc vs Marines Fc (Rusizi)
Mukura VS vs Pepiniere Fc (Stade Huye)
SC Kiyovu vs Bugesera Fc (Stade Mumena)
Ku Cyumweru, 12 Gashyantare 2017
Musanze Fc vs Kirehe Fc (Stade Musanze)
Gicumbi Fc vs Etincelles Fc (Stade Gicumbi)
2,755 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply