Ikipe ya Liverpool FC itsinze Watford ibitego 6 kuri 1 ijya ku mwanya wa mbere
— November 6, 2016
Please enter banners and links.

Mu gihugu cy’Ubwongereza shampiyona y’ikiciro cya mbere igeze ahakomeye cyangwa aho wakwita ko haryoshye aho ikipe ya Liverpool FC inyagiye Watford ibitego 6 kuri 1 igahita iba iya mbere n’amanota 26.

Ikipe ya Chelsea ejo kuwa gatandatu yatsinze Everton ibitego 5 byose kubusa naho Man City yanganyije na Middlesbrough igitego kimwe ku kindi ,ubu Man City ikaba ari ku mwanya wa 3 ariko iyo Arsenal uyu munsi Ku cyumweru taliki 6 Ugushyingo 2016 itsinda Tottenham Hotspur yari kuba iya 2 Chelsea ikaba iya 3 Man City ikaba iya 4 ariko kubera ko Arsenal yanganyije na Tottenham Hotspur byatumye ijya kumwanya wa 4 nyuma ya Man City.
Liverpool FC ifite amanota 26
Chelsea FC ifite amanota 25
Man City ifite amanota 24
Arsenal ifite amanota 24 zirarushanwa ibitego
Tottenham Hotspur ifite amanota 21
Manchester United ifite amanota 18 ikaba inganya na Everton
Ndayambaje F
2,568 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply