Ikipe ya Liverpool Fc yatsinze Barcelona ibitego 4-0 ikimenyetso kuri Arsenal zizahura ku Cyumweru gitaha.
— August 6, 2016
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool FC Kuri uyu wa 6 Kanama 2016 yatsinze ikipe ya Barcelona FC ibitego 4 ku busa umukino wa gishuti wabereye I Wembley .
Saido Mane Liverpool yaguze Miliyoni 32 muri Southampton akaba ariwe watsinze igitego cya mbere nanone atera umupira myugariro wa Barcelona Mascherano aba yitsinze igitego cya 2.
Mu gice cya 2 nibwo Divock Origi yashyizemo icya 3 ku munota wa nyuma Marko Grujic nawe waguzwe uyu mwaka abatsinda igitego cyitwa Lara salama.
Uku gutsinda kwa Liverpool abenshi bemeje ko iyi kipe ikomeye ndetse uyu mukino ukaba wahskaga kwereka abafana ba Arsenal ko Arsenal ariyo itahiwe gutsindwa dore ko ariyo zizahura mu mukino wa Shampiyona izatangira Kuwa gatandatu utaha.
Umutoza wa Barcelona Fc Luis Enrique yagize ati “tubonye ikipe 2 zitandukanye ariko Liverpool yaturushije cyane ariko turacyafite igihe cyo kwisubiraho tukagira ikipe yatsinda amarushanwa yose kandi tuzabigeraho”.
Umutoza wa Liverpool Fc Jurgen Klopp we yagize ati “twakinnye neza ariko ntitwavuga ko turi hejuru ya Barcelona ariko nta nubwo turi hasi yayo icyangombwa ni uko twakinnye neza umupira tugatsinda”.
Ndayambaje F
3,053 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply