Kigali haje Butchery igezweho izajya ibagezaho inyama nziza ,amafi n’Inkoko ndetse n’ibindi bitandukanye
— July 22, 2021
Please enter banners and links.

Ni byiza ko tubagezaho amakuru yose kugirango ntimugacikwe n’ibyiza n’iyo mpamvu tubagezaho buri makuru yose kuko tubakunda mudahari ntitwakora.
Ikinyamakuru Umusingi ejo Kuwa 21/7/2021 cyari cyagiye I Gikondo aho twahasanze Butchery nziza cyane ifite ibyo mwese mwifuza birimo Inyama nziza ,Inkoko,Amafi ,Brochette n’ibindi byinshi nkuko muri bubibone ku ifoto.
Iyi Butchery batubwiye ko ije guha Abanyarwanda services nziza kandi yihuse aho Umuyobozi wayo Bigirimana Patrick yatubwiye ko umuntu wese aho yaba ari hose bamugezaho ibyo ashaka mu gihe ahamagaye kuri Telephone 0788336749 cyangwa 0788465666.
Impamvu tuba tubarangiye ahari ibyiza ni uko tubakunda kandi twifuza ko ibyiza bibageraho bityo rero icyo musabwa ni uguhamagara kuri izo nimero ukababwira icyo ushaka bakabikugezaho utiri ufata urugendo ujya ku isoko cyangwa utuma umukozi akakugurira inyama mbi cyangwa amafi mabi kandi bashobora kubikuzanira.


Mu gihe gito twahamaze kugirango turebe services batanga twabonye abantu benshi baza kugura inyama n’amafi na za komande za Brochette byoherezwa bivuze ko iyi Butchery services zayo zikunzwe cyane.
Umwe mu Bakiliya b’iyi Butchery witwa Goreti yatubwiye ko ashimira iyi Butchery kuba yarabatekerejeho kubaha services nziza ati “Njye ndabahamagara mu gihe gito baba banzaniye ibyo nshaka.Nayimenye nyuze aho bakorera mvuye ku kazi ndahabona nyurayo ngura ifi bambwira ko ntashoboye kuhagera nanjya mbahamagara bakanzanira ibyo nshaka ubu ndahamagara mu minota micye baba banzaniye ibyo nabasabye”.
3,469 total views, 9 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ntende Hotel ubu noneho ibahishiye byinshi, ndetse kuri ubu serivise muhabwa zongeye kunozwa hakurikijwe ibyifuzo by’abahagana,Abanyamahanga bayikundira iki?
Bagarirayose ashaka ko Perezida Kagame asoma iyi nkuru ku bijyanye na Hospitality
Hilltop Hotel yafashwe yiba amazi icibwa miliyoni 3Frw z’amande
Ijambo rya Perezida Kagame yavuze kuri “Customer care” ryatumye njya kuyiga ingirira akamaro –Charles Bagarirayose
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply