Isesengura :Intambara y’Isi ya 3 yatangiriye mu ikoranabuhanga n’ubwo hari abavuga ko Corona Virus ari Imperuka y’Isi.
— March 31, 2020
Please enter banners and links.

Cyera abantu bavugaga intambara y’Isi ya mbere n’iya kabiri ubu muri iki gihe bavuga intambara ya 3 y’Isi ariko hakaba abavuga ko intambara ya 3 y’Isi itazaba iyamasasu ahubwo ibihugu bikomeye bizakoresha ikoranabuhanga muri iyo ntambara ariryo bivugwa ko rishobora kuba ariryo riteje isi yose icyorezo cya Corona virus.
Mbere na mbere Corona Virus ubushakashatsi buvuga ko Corona Virus yazanywe na Agacurama kariye ku gitoki kibisi aborozi b’ingurube batema ibitoki byo kugaburira ingurube zirya kuri cya gitoki agacurama kariyeho zirarwara barazigurisha abaziteka cyangwa abazotsa igihe bazibagaga barandura .
Umukiriya yaje kurya muri Restora araryoherwa asaba kwifotoranya n’umuntu watetse ibiryo yariye ari we wari watetse akabenzi (Ingurube)barifotoranya umugore aba yandujwe n’umutetsi ageze mu rugo yanduza umugabo we buracya banduza abakozi ku kazi ikwirakwira gutyo.
Dusubiye ku bivugwa ,Ubu Iran kimwe mu bihugu bikomeye ku isi (Super Powers)gishinja Amarika ko ariyo yakoze Corona Virus na China igishinja Amerika ,Amerika nayo igashinja China ayo makuru aravugwa n’ubwo nta gihamya ibyo bihugu bishinjanya bigaragaza ariko kubera umubano wabyo n’ubundi utari mwiza ubusanzwe kimwe gishobora kubyitwaza kikabeshyera ikindi.
Ariko ukoze ubusesenguzi neza abavuga ko iyi ari intambara y’isi ya 3 ije mu ikoranabuhanga ntibaba babeshya kuko iyi corona virus (COVID-19)hafi Isi yose imaze kugerayo kandi iri kwica abantu benshi ku buryo uwavuga ko ari intambara y’isi yose byaba ari ukuri.
Ese kuki nta gihugu kiravuga kiti iyi ndwara yakorewe aha na ha igamije iki n’iki kuko virus zirakorwa ntabwo zizana gusa.

Corona Virus yatangiriye mu gihugu cy’Ubushinwa ku itariki 7 ukwezi kwa mbere 2020 itangirira mu gihugu cy’Ubushinwa ariko ku itariki 11 na 12 ukwezi kwa Gashyantare 2020 Abashakashatsi bahuriye muri World Health Organization’s Geneva ku kicaro gikuru bashaka kwiga ku kibazo cya Virus no kugishakira uburyo bwo kuyirinda.
Impamvu ibihugu bitinya kuvuga cyangwa gushinja igihugu runaka ni uko baziko uwakivuga cyamuhitana cyangwa nacyo kikifatanya n’ibindi kumurwanya bityo ugasanga habaye intambara y’amasasu kandi atariyo ikenewe.
Ubuse kuki usanga Leta zose zibwira abantu kuguma mu mago yabo business zigafunga abantu bakaba bagiye kwicwa n’inzara isi yose ikabyubahiriza kubera ko uwakoze iyo virus ari umuhanga ashaka kurimbura isi.
Ibibazo iyi virus iteje sinzi ko hari uwabimenya byose ariko ibyibanze ni uko iteje ubukene ndetse n’inzara kandi ikaba ihitanye ubuzima bw’abantu benshi cyane.
Muzi ko ubundi usanga Africa ivuga ko ari Abazungu bateje ibirwara nkuko mwibuka Ebola yaje nayo igatera abantu ubwoba ndetse na SIDA ariko ubu nta muzungu nta mwirabura bose irabahitana ariyo mpamvu iri sesengura rivuga ko ari intambara y’isi ya 3 itangiye.
Kuri uyu munsi nibwo Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko yagiranye ibiganiro byiza na Perezida wa Chana ku kibazo cya Coronavirus kandi ko ibiganiro byabaye byiza ariko ukibaza impamvu Amarika iganira na China gusa nabyo bikakuyobera.
Tuzakomeza kubagezaho isesengura kuri COVID-19 uko iminsi igenda Imana n’idutiza ubuzima kubera ko iyi ndwara iteye ubwoba urebye uburyo arimo kwica abazungu cyane n’ubwo mbona muri Afurika tuzicwa n’inzara kuko ni bacye cyane bashobora gukora amafaranga bakizigama.
Imana ni databara Afurika mu munsi 14 bavuga ko ariyo yo gukora igerageza kureba ko yaba ishize mu bantu hari abazaba batangiye gupfa nihatagira igikorwa ariko numvise ko Leta iri gufasha bamwe ikabaha ibiryo abandi ntibahe kandi hari abo baba baziko bameze neza kandi nta kintu nabo bafite.
Abayobozi bakwiye kujya bajya muri buri rugo kandi babatunguye bareba ko mu nzu hari icyo bafitemo ndetse bakareba no kuri konte zabo za bank na Mobile money basanga nta kintu na kimwe bafite bakagira icyo babagenera ariko nibagendera ngo uko isura y’umuntu ngo abyibushye cyangwa ngo asa n’umuntu wishoboye hari abazabihomberamo.
Rwego Tony
4,454 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Amayobera n’urujijo mu rubanza rw’abahoze ari abayobozi ba ADEPR rwaburanishijwe aho gusomwa
Ese Perezida Museveni uburyo yakiranywe urugwiro n’Abanyarwanda hari abo byababaje?(Vedio)
Kuki Gen Muhoozi yatangiye kwita Kagame Uncle no kumusura kandi ibibazo ubwo byavukaga imipaka igafungwa atabimwitaga ?Reba amafoto afite byinshi asobanuye
Umva agakino gashya kari muri ADEPR ariko katazorohera abayobozi ,Laptop na kashe ngo byaribwe I Rusizi haribzwa byibwe na nde?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply