Umudugudu wa Rugarama wishatsemo ubushobozi bwo guha ibiryo abantu 71
— March 30, 2020
Please enter banners and links.

Uyumusi tariki 30 Werurwe 2020 mu Mudugudu wa Rugarama Akagari ka Nyabisindu Umurenge wa Remera hatanzwe ibyokurya birimo kawunga ,ibishyimbo ,isukari n’isabune .
Ibiryo byahabwa imiryango itishoboye ,Inkunga ikaba yavuye mu baturage bakusanyije batuye uwo mudugudu mu rwego rwo gugufasha bagenzibabo muri ibi bihe bikomeye byo kwirinda Corona virus aho abantu batemewe gukora nkuko bisanzwe .
Uwitwa Murebwayire Diane na Ngendakumana Viany,
Mukamurenzi Serafine bishimiye iki gikorwa aho bavuga ko bigaragaza urukundo abaturanyi babagaragarije.
Umuturage yahabwaga ibiro bibiri bya kawunga,ibiro bibiri by’ibishyimbo,bibiri by’isukari na ritiro y’amavuta n’umuti w’isabune yogufura.

Ibiryo byahawe abaturage ku biro by’Umudugudu

Abaturage bategereje guhabwa ibiryo ku biro by’Umudugudu


Umukuru w ‘Umudugudu Gatana Marie Claire yashimiye abitanze gufasha abaturage bari badafite ibyo kurya kuko gufashanya bigaragaza urukundo.
N’ubwo hari gahunda ya Leta yo gufasha abaturage badafite ibiryo ku bibona ,uyu Mudugudu wa Rugarama ukaba ukwiye gushimirwa cyane kubera igikorwa cy’urukundo bagaragaje bishakamo ubufasha nta ubabwirije bagafasha bagenzi babo badafite ibiryo.
4,186 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
1 Comment
ndashimira abitanze Bose kuko twari tumerewe nabi pe, ariko nkosore gato hatanzwe 5kg za kawunga kuva kumuryango wabantu unwe kugeza kiri bane1-4 , hanatangwa 10kg kuva kumuryango wabantu5 gusubiza hejuru 5-10.naho ibindi mwavuze byo nibyo.