
Liverpool iri mu biganiro byo kugura N’Golo Kante
— June 13, 2016

Please enter banners and links.
Ikipe ya Liverpool yinjiye mu rugamba n’andi makipe akomeye ku isi ashakisha uyu mukinnyi wa Leicester city kugirango ayifashe gukina hagati .
Ikinyamakuru Daily Star cyanditse kivuga ko n’ubwo Liverpool itazakina Champions League ariko ishobora kugura uyu mukinnyi N’Golo Kante kuko mu makipe amushakisha atamuha gukina buri munsi kandi umukinnyi aribyo ashaka .
N’Golo Kante waguzwe n’ikipe ya Leicester City imukuye mu ikipe ya Caen imuguze Miliyoni 5.6 ,ubu amasezerano ye akaba avuga ko ikipe iyo ariyo yose yamugura yakwishyura Miliyoni 22.
Amakipe ashakisha uyu mukinnyi harimo ikipe ya Real Madrid ,Chelsea ,Arsenal ,Man United ,Liverpool ndetse na PSG .
Umutoza wa Liverpool akaba ahabwa amahirwe yo kugura uyu mukinnyi kurusha abandi batoza ariko bikavugwa ko Mourinho nawe ashobora kumugura akamujyana muri Man United dore ko uyu mutoza azwiho kugura umukinnyi wese ashatse .
Klopp akaba avuga ko arimo kubaka ikipe ya Liverpool ku buryo ashaka ko iba ikipe izajya ikina amarushanwa yose harimo na Champions League ku buryo ashaka ko isubira nkuko yahoze cyera .
Ikipe ya Liverpool yahoraga muri Champions League ,yahoraga ihanganye na Man United ,Real Madrid ,AC Milan ariko ubu ikaba imaze igihe idakina iri rushanwa ariko hakaba hari amahirwe ko uyu mutoza azayisubiza mu bihe byayo byakera byo gutwara ibikombe bikomeye byose.
Ndayambaje F
2,526 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply