Abantu 15000 harimo ibyamamare na Clinton baherekeje Nyakwigendera Muhammad Ali
— June 11, 2016
Please enter banners and links.

Kuwa gatanu taliki ya 11 Kamena 2016 nibwo icyamamare Muhammad Ali yashyinguwe ahitwa Louisville, Kentucky aho abadiplomate ,abahanzi b’ibyamamare ,abahoze ari abakinnyi b’umupira w’amagaru,abakina umukino wo kwiruka ,abazi gusetsa abantu,abakinnyi ba filime n’abandi batandukanye bamuherekeje.
Mu byamamare byagaragaye cyane ni Bill Clinton wabayeho Perezida wa America ,David Beckha, Arnold Schwarzenegger ,na Will Smith.
Muhammad Ali yari umukinnyi w’iteramakofe wamenyekanye cyane akaba yaramaze igihe arwaye akaba yapfuye afite imyaka 74.


Hari ababonye ibyamamare bitandukanye byitabiriye umuhango wo kumusezera batangira kuvuga ko Muhammad Ali yari muri Illuminati ariko ntabindi bimenyetso bigaragaza ko yabaga muri Illuminati .
Umwe mu babonye ibyo byamamare yahise abwira umunyamakuru ati “umuntu uherekejwe na David Beckha ,Clinton ,Will Smith n’abandi bakomeye aba ari muri Illuminati”.
Reba uko umuhango wo gushyingura Muhammad Ali wagenze mu mafoto .


Will Smith

Bill Clinton


Tyson


David Beckham

2,278 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply