Ter Stegen, Pique, Lenglet, Jordi Alba, Sergi Roberto, Rakitic, Busquets, Vidal, Coutinho, Suarez, Messi.
Alisson, Gomez, Matip, Van, Dijk, Robertson, Fabinho, Milner, Wijnaldum, Keita, Mane, Salah
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Liverpool iratsinda Barcelona iri iwayo?umukino utegerejwe n’abenshi uyu munsi (Amafoto uko byifashe mbere y’umukino)Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa gatatu tariki 1 Gicurasi 2019 hateganijwe umukino w’ishiraniro hagati y’amakipe 2 yose akomeye Liverpool FC yasuye Barcelona FC.
Abafana ba Liverpool FC baravuga ko batsinda Barcelona bashingiye kuri forume ikipe yabo ifite ndetse bakongeraho ko bafite ba rutahizamu bakomeye kurusha Barcelona icungira kuri Messi wenyine.
Bamwe mu bafana ba Liverpool FC bavuga ko myugariro ba Barcelona bataribushobore gufunga ba rutahizamu ba Liverpool barimo Saido Mane ,Firmino na Salah.









Abafana ba Barcelona bo bavuga ko ikipe yabo ikomeye kubera ko irimo umukinnyi ukomeye ku isi ariwe Messi ndetse bakavuga Suarez na Coutinho bavuye muri Liverpool.
Izi kipe zombie zifite igikombe cya Champions League inshuro 5 zombi ,uyu munsi imwe irereka indi ko iyirusha imbaraga n’ubwo abasesenguzi benshi baha amahirwe Liverpool gutsinda ndetse igatwara iki gikombe yahushije umwaka ushize ubwo yatsindwaga na Real Madrid.



Amateka y’izi kipe mu nshuro 4 ziheruka guhura Liverpool itsinze inshuro 2 kandi itsinda Barcelona iyisanze iwayo ari naho uyu munsi zikinira mu gihe zinganyije inshuro 2.
Barcelona igeze muri kimwe cya 2 nyuma y’imyaka ine ishize iheruka gutwara iki gikombe mu gihe Liverpool ihageze bwa kabiri yikurikiranya ikaba ishaka gukomeza gukora amateka.
N’umukino ugiye kuba mukanya saa tatu zuzuye z’umugoroba w’uyu munsi kuwa 3 tariki 1 Gicurasi 2019 ukaba utegerejwe n’abantu benshi kubera ko ikipe zombi zihagaze neza aho bamwe baha amahirwe Liverpool abandi bati ni Barcelona ,mwe ah muri murabona ari iyihe kipe iza gutsinda?.
Ter Stegen, Pique, Lenglet, Jordi Alba, Sergi Roberto, Rakitic, Busquets, Vidal, Coutinho, Suarez, Messi.
Alisson, Gomez, Matip, Van, Dijk, Robertson, Fabinho, Milner, Wijnaldum, Keita, Mane, Salah
4,367 total views, 3 views today
Leave a reply