Sunny wavugaga ko atazi ikinyarwanda yashyize hanze amashusho y’indirimbo yakoranye na Bruce Molodie “Kungola” ifite amashusho adasanzwe(Vidio)
— May 1, 2019
Please enter banners and links.

Umuhanzikazi w’Umunyarwanda Sunny usanzwe uba mu gihugu cya Thailand yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Kungola” yakoranye na Bruce Melody agaragaramo abakobwa bambaye amakariso banazunguza ibibuno mu buryo butangaje.
Aya mashusho yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri taliki ya 30 Mata 2019.
Uyu muhanzikazi Ingabire Sunlight Dorcasie wamamaye mu bitangazamakuru no kumbugankoranyambaga ku izina rya Sunny ntabwo yari asanzwe azwi mu ruhando rw’umuziki Nyarwanda uretse ko hari amakuru avuga ko yari asanzwe akorera umuziki mu gihugu cya Thailand akunze kubamo igihe kirekire.
Uyu mukobwa yamenyekanye cyane kuva mu mpera za 2018 no mu ntangiro za 2019, aho yamamaye bikomotse ku magambo yatangaje avuga ko atibuka Ikinyarwanda nyuma y’imyaka ibiri yari amaze muri Thailand.





Uyu mukobwa yongeye kumvikana anavugisha benshi bikomotse kukutumvikana guherutse kugaragara hagati ye na Bruce Melody bapfa indirimbo bise ‘Kungola’ yamwishyuyeho miliyoni 15 Frw kugira ngo bakorane amashusho yayo akamara amezi atanu atarajya hanze ndetse bikavugwa ko byatumye yahukana n’umugabo .
Muri iyi ndirimbo uyu mukobwa yumvikanamo aririmba igihe kingana n’amasegonda 35 gusa ari nabyo byatunguye abakunzi ba muzika batari bake bahise bifuza kubona amashusho yayo, yamaze gushyirwa aho buri wese yayabona.
Amajwi y’iyi ndirimbo yakozwe na MadeBeats naho amashusho akorwa na Nameless Campos wari uyamaranye amezi ane.Bamwe mu bamaze kureba amashusho yiyi ndirimbo bavuga ko ari amashusho meza ariko bagaragaza ko Sunny ashobora kuzaba umuhanzi mwiza abonye manager mwiza kuko aririmba amasogonda macye cyane bidasanzwe ku bahanzi.
‘[Umwe mu bakunzi ba muzika nyarwanda utifuje gutangaza amazina ye yagize ati “Ese burya wa mukobwa wadusekeje yivugisha ikinyarwanda gipfuye ngo yarakibagiwe nyuma y’imyaka 2 gusa yari amaze atari mu Rwanda n’umuhanzi?ko numvise ikinyarwanda ikizi neza aka kanya arakibutse?”.
Noella
6,417 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply