Yashyize ubusugi bwe kuri cyamunara kugirango agurire nyina inzu yo kubamo
— February 24, 2019
Please enter banners and links.

Umunyapolitike wo muri Tokyo mu gihugu cya Japan niwe watsindiye ubusugi bw’umunyamideli wabushyize ku isoko ashaka kugurira nyina inzu yo kubamo.
Umunyapolitike akaba yatsinze umukinnyi w’umupira wo muri Munich wabaye uwa kabiri ,umunyapolitike akaba ariwe watsinze cyamunara y’ubusugi bw’umunyamideli witwa Mahbuba mammadzada w’imyaka 23 akazatanga akayabo ka Miliyoni 2 z’amadorari akaba 260 z’amashilingi ya Uganda.
Uyu munyamideli yavuze ko uzatsindira ubusugi bwe akishyura ayo cyamunara icyeneye bazaryamana abe ariwe umena agaseke ke hanyuma bazengurukane ibihugu bitandukanye ku isi kandi bari kumwe na nyina.


Umunyamideli Mahbuba mammadzada


Cyamunara ikaba yamaze kurangira abapiganwaga bakaba batsinzwe n’umunyapolitike wo muri Japan mu Mujyi wa Tokyo kandi bikaba byabereye mu gihugu cy’uBudage (Germany)aho kwigurisha cyangwa kugurisha igitsina byemewe.
Nkuko muri icyo gihugu byemewe hakaba hari n’abashinzwe kubikora ku buryo ushaka kwigurisha agenda bakumvikana ibiciro ndetse nabo abagiye gutanga isoko ayo bazakuraho baramutse babonye umukiriya bityo abahawe isoko rya mahbuba mammadzada bakaba bazabonaho 10%.
Uyu munyamideli ukomeye ukomoka muri Azerbaijan akaba avuga ko ashaka kuzakomeza umwuga we w’ubunyamideli narangiza kugurira nyina inzu ndetse arangije gutanga ubusugi bwe.
Mahbuba mammadzada yagize ati “Mama ntacyo atankoreye kugirango anshimishe igihe cye rero cyararangiye ubu nange igihe cyanjye cyo kumushimisha n’iki bityo icyo numva nakora kugirango mushimishe ni uko namugurira inzu kandi nta mafaranga mfite bityo rero nkaba nasanze icyo mfite n’abinamo amafaranga nkamugurira inzu n’ubusugi bwanjye kuko nokuba mbufite niwe bityo rero nkaba nemeye kubutanga k’umugabo uzatanga amafaranga yagurira Mama inzu tukaba mu nzu yacu nibyo byashimisha Mama”.
Kugirango uwatsindiye cyamunara nawe yemere ko yaguze ubusugi nta wundi wariye kuri iyo mari ni uko abatanze isoko aribo Cinderella Escorts bagomba gushaka umuganga akabyemeza ko Mahbuba mammadzada akiri isugi.
Amazina y’umugabo watsindiye ubusugi bwa Mahbuba mammadzada akaba atavuzwe ndetse n’umukinnyi w’umupira uretse kuvuga ko ari uwi Munichi nawe amazina ye akaba atavuzwe nkuko ibinyamakuru bitandukanye nka Thedailymail kibivuga.
Noella
4,773 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply