Zari yatukanye n’undi mugore w’umu blogger witwa Ritah Kaggwa ibitutsi bikomeye icyo bapfa haravugwa ishyari no kujya mu bapfumu
— February 23, 2019
Please enter banners and links.

Ikigaragara ni uko yaba Zari cyangwa Ritah Kaggwa uba muri UK ariko uzwiho cyane gukoresha imbuga nkoranyambaga (Blogger)bafitanye agashyari gakomeye.
Zari aherutse kwandika ku rubuga rwe avuga mu rurimi rw’ikigande ngo va ku namagwatala ajakuloga ,Kijakufuyila emindi ,ugenekereje mu Kinyarwanda Namagwatala n’izina risebanya ngo azakuroga ,ngo azagusurira n’ibindi byinshi nkuko abazi gusoma ururimi rw’ikigande muri bubibone.
Aba bombi abafana babo ntibazarekeraho guhura muri za katemba zabo kubera ko bose nta woroshye urimo kandi bazi gutukana ibitutsi bikomeye.



Ritah Kaggwa
Intandaro y’urwangano rwabo ntiramenyekana ariko inshuti zabo zivuga ko bapfa ishyari no kujya mu bapfumu ariko n’ubwo Ritah Kaggwa ataramusubiza abamuzi bavuga ko akunda ibintu by’intambara ku basitari bakaba bavuga ko biteguye ibirenze ibyo Zari yamututse.
Nkuko bimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda byanditse bigaragaza amafoto ya Ritah Kaggwa uba muri UK umugabo uvugwa ko ari uwo muri Nigeria arimo kumusoma tukazakomeza kubagezaho amakuru y’abasitari bafite abafana benshi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Facebook na twitter ndetse na Instagram.
5,256 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply