Bizimana Djihad ashobora kutazakinira Amavubi mu mukino wo kwishyura uzayihuza na Ethiopia.
— November 8, 2017
Please enter banners and links.

Mu bakinnyi bari bahamagawe n’umutoza w’ikipe y’Igihu Amavubi Antoine Hey,na Bizimna Djihad yahamagawe mbere ,mu gufasha ikipe y’u Rwanda gutsinda ikipe ya Ethiopia mu gushaka itike ya CHAN 2018 umukino wabereye muri Ethiopia.
Nkuko bikomeje bivugwa kuri Bizimana Djihad ko atazakinira Amavubi,ibi bivuzwe nyuma yaho uyu mukinnyi yahabwaga ikarita itukura ubwo ikipe y’Amavubi yakinaga na Congo,akaba yongeye kubona indi karita muri iki cyumweru bakina na Ethipia,ibi bikazaba imbogamizi kuri uyu mukinnyi Bizimana Djihad.
Taliki 4 Ugushyingo 2017 nibwo ikipe y’Igihugu Amavubi yagombaga gukina na Ethipia,Uyumukino wari ukomeye cyane ku bihugu byombi,dore ko habonetse ibitego 5 kumpande zombi 2 by’ikipe ya Ethiopia ndetse na 3 by’Amavubi.

Ku ruhande rw’u Rwanda abakinnyi bagize uruhare mu gutsinda ibibitego 3 harimo Rutanga Eric ukinira Rayon Sports, Biramahire Abeddy wa Police FC ndetse na Hakizimana Muhadjili wa APR Fc,ku bintu byashimishije Abanyarwanda.
Iyi kipe ya Ethiopia yokomeje gusatira bikomeye ikipe y’u Rwanda kumunota wa 18, bafungura amazamu ku gitego cyiza cyane cyatsinzwe na Asechalew Girma ku mupira yahawe na Mesude Mohammed amaze gucenga abakinnyi bagera kuri 3.
Igitego cya 2 Muhadjili Hakizimana niwe waje kugitsinda ku munota wa 78, nyuma igitego cya 3 cyatsinzwe na Biramahire Abeddy ku munota wa 80 umukino urangira kuri3-2 intsinzi itahana Amavubi.
Dvid Mayira/Umusingi.net
2,961 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply