Yabyaranye n’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure ariko kugirango adafungwa arogesha umwana we arapfa
— July 28, 2017
Please enter banners and links.

Umugabo yabyaranye n’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure mu gihe bari bagiye kumufata aratoroka ageze muri Uganda ashaka abajyanama uburyo yakira gufungwa kubera ko yari umuherwe ashaka gukomeza akazi ke.
Inama bamugiriye kugirango akire gufungwa ni uko bamubwiye ko agombaga gukora ibishoboka byose uwo mwana agapfa kuko azashobora kwihakana uwo mwana ko atari uwe.
Umugabo amazina ye yagizwe ibanga yakoze ibyo bamubwiye umwana aramurogesha arapfa hanyuma aragaruka kubera ko batakoze gupima amaraso yabo bombi ababyeyi b’umugore babyaranye baramurega ageze mu rukiko arabihakana ati n’iki cyerekana ko uwo mwana ari uwanjye?.
Umugabo yari yarataye umugore n’bana aratoroka ariko uwo mwana yari yarabyaranye n’uwo mukobwa nawe amazina ye yagizwe ibanga yaragarutse aratsinda asubira mu rugo rwe ubuzima burakomeza.
Umugabo yacuruzaga iduka rimwe na rimwe akarara acuruza umugore we iyo yabonaga atatashye yabaga azi ko ari mu iduka acuruza naho umugabo yabaga yiraraniye n’uwo mukobwa wari utarageza imyaka y’ubukure ari naho yamutereye inda.
2,687 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply