Abanyesomaliya 114 bari barafungiwe muri Ethiopia bashyitse iwabo
— July 23, 2017
Please enter banners and links.

Abanyesomaliya barenga 100 baheruka kurekurwa aho bari bafungiwe muri za gereza zitandukanye muri Ethiopia kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Nyakanga 2017 nibwo bageze I Mogadishu muri Somalia ibyo byatangajwe n’abategetsi ba Somaliya.
Abategetsi ba Somaliya bavuga ko abo bafungwa uko bari 114 bari bafungiwe muri gereza zitandukanye muri Ethiopia bashinjwa ibyaha bitandukanye birimo no kuja muri icyo gihugu mu buryo bunyuranije n’ amategako.
Jamaludin Mustafa Omar, uhagarariye Ethiopia muri Somaliya yari kumwe na bo kuva muri Ethiopia aho bari bafungiwe yatangaje ko icyo gikorwa ari ikimenyetso cy’ubucuti buri hagati y’ibyo bihugu byombi uko ari bibiri.
Irekurwa ryabo ribaye nyuma y’ibiganiro byabaye hagati y’uhagarariye Somaliya Hassan Ali Khayre na mugenzi we wa Ethiopia, Hailemariam Desalegn, igihe bari mu nama ya 29 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ubumwe bw’Afrika iheruka kubera Addis Ababa muri Ethiopia.
Ibi bihugu byombi bikunda kugirana ibibazo bijyanye na Politike ariyo mpamvu hafatwa abaturage benshi bagafungwa kuko baba bakekaho ibyaha.
2,043 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply