Uwahoze ari kapiteni w’ikipe y’Igihugu ya Uganda yarashwe amasasu n’umugore we barapfa
— July 15, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko uwahoze ari kapiteni w’ikipe y’Igihugu cya Uganda witwa Massa yarashwe n’abasirikare n’umugore we barapfa.
Kuraswa kwabo byaturutse ko abasirikare basanze imodoka yabo bari barimo iparitse ku ruhande ariko babona irimo kwizunguza kandi ari mu ijoro bashaka kumenya impamvu iyo modoka irimo kwizunguza.

Imodoka bari barimo
Abasirikare bagerageje kuyegera barakomanga bababwira gukingura banga gukingura ahubwo Massa yahise atsimbura imodoka ashaka kubacika bityo barayirasa amasasu afata Massa mu mutwe ndetse n’umugore we barapfa.Amakuru avuga ko barimo gusambanira mu modoka abasirakere barinda umutekano baje abandi bashaka guhunga barabarasa.
Umwe mu bari bari aho witwa Joseph Mboowa yavuze ko imodoka bamaze kuyirasa yaragonze abona bakuyemo umugore yambaye ubusa.Ba nyakwigendera basize abana 3 aribo Judith Massa, Henry Massane Faith Massa bakaba bari batuye ahitwa Kisaasi.
Muhungu John –Kampala
2,577 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply