Kuki abagore benshi bakoresha uburyo bwo gufungisha urubyaro batabwiye abagabo babo?
— July 12, 2017
Please enter banners and links.

Ibitangazamakuru byo mu bihugu bikomeye byacukumbuye inkuru ivuga ko abagore benshi basigaye bakoresha uburyo bwo gufunga urubyaro by’agateganyo batabwiye abagabo babo.
Bamwe mu bagore babajijwe kuri Bukedde TV bavuze ko ikibitera ari uko hari abagabo batita ku nshingano z’abana ugasanga abagore aribo bahura n’ibibazo bonyine cyangwa bamara ku byara abagabo bakabata.
Ubundi inzobere mu by’imiryango bavuga ko buri kintu kiba kigiye kuba mu rugo umugabo n’umugore baba bakwiye kiganiraho bagafata umwanzuro utabangamiye umwe muri bo.
Umwe mu bagabo utaravuzwe izina rye yagize ati “kubera ko abagore basigaye bafata icyemezo bonyine batagishije inama abagabo babo bituma umugabo iyo abonye hashize umwaka hagashira undi umugore adasama atangira kwishakira undi mugore ku ruhande ugasanga bitangiye guteza kutumvikna mu rugo akenshi bikarangira umugabo ataye umugore akigendera”.
Umwe mu bagabo witwa Muzamiru abajijwe niba yakwihanganira kubana n’umugore kumara imyaka 5 batarabyarana yagize ati “ibyo biterwa n’umutima w’umuntu kuri njye byaterwa n’uburyo umugore wanjye ankunda ariko ari wa mugore ubuza umugabo amahoro n’imya 2 sinzi ko nayihanganira kandi kuri iki gihe mu gihugu cyacu abagabo iyo hari ubanye n’umugore nta mubyarire tuba tuzi ko bafungishije adashaka kukubyarira kandi hari igihe wa mugani abagabo babeshya abagore yamara kumubyarira akamuta akigendera niyo mpamvu abagore nabo bamenye ubwenge n’ubwo biteza kutizerana mu mago menshi”.
Muhungu John –Kampala
3,313 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
HARACYARI URUJIJO KU ITABWAMURI YOMBI RYA MUTONIWASE KABATAYI NDETSE NAHO YEREKEJWE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply