umu amakuru- Gowa Sirajje arasaba uwaba yaramuroze guhora ubugabo bwe bushaka imibonampuzabitsina kumara imyaka 26 ko yamubabarira | Umusingi

Gowa Sirajje arasaba uwaba yaramuroze guhora ubugabo bwe bushaka imibonampuzabitsina kumara imyaka 26 ko yamubabarira

Please enter banners and links.

Umugabo witwa Gowa Sirajje amaze imyaka 26 aryamye ,iyo ashaka kota izuba baramuterura bakamujyana hanze akaba yarwaraye pararize amaguru yombi.

Sirajje avuga ko mbere yari muzima ,uburwayi yagize bwo guhora ubugabo bwe (Penis)buhora bushaka imibonano mpuzabitsina kumara imyaka 26 kuko bwamufashe afite imyaka 20 kugeza n’uyu munsi baragerageje kumuvuza biranga.

Sirajje yagize ati “ndasaba umuntu wese waba yarandoze kuko njye nsanga ari umuntu narongoreye umugore akandoga ko yambabarira nkasaba abantu ko bamfasha kuko ubuzima butoroshye no kubona ifunguro biragoye cyane nkaba nsaba umuntu wese ugira umutima ufasha ko yamfasha”.

Sirajje iyo avuga ubona igihimba cyo hejuru ari muzima ndetse avuga ukumva asa n’utarwaye ariko amaguru ye yaranyunyutse ndetse n’ubugabo bwe buhora buhagaze.

Muhungu John –Kampala

3,004 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.