APR FC itsindiwe muri Swaziland 1-0
— February 14, 2016
Please enter banners and links.

Kuwa 14 Gashyantare 2016 umunsi w’abakundanye ikipe ya Mbabane Swallows yo muri Swaziland itsinze APR FC Igitego 1-0 mu mukino ubanza wa CAF Champions League wabereye i Mbabane.
Igitego rukumbi cyabonetse muri uyu mukino ku munota wa 24 gitsinzwe na Wilson.
Bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya APR FC iyo batsinda bari kwizihiza uyu munsi neza n’abakunzi babo dore ko bakiri abasore bageze mu myaka aho urukundo ruryohera.
Umukino wo kwishyura uzabera i Kigali mu byumweru bibiri biri imbere .
Abakinnyi 11 ba APR FC babanje mu kibuga:
Kwizera Olivier, Rutanga Eric, Emery Bayisenge, Abdoul Rwatubyaye, Ngabo Albert, Yannick Mukunzi, Titi Tumaini Ntamuhanga, Butera Andrew, Janvier Benedata, Iranzi Jean Claude, Ndahinduka Michel.
Ikipe ya APR n’ubwo itsinzwe igitego kimwe ku busa ifite amahirwe menshi yo gutsindira I Kigali byibuze igatsinda ibitego 2 ku busa cyangwa 3 kuri kimwe kandi birashoboka kuko izaba iri iwayo ,ifite abafana ku kibuga cyayo.
Muhungu John
3,714 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply