Polisi yafashe moto 3 zakoreshejwe mu kwica Kaweesi
— April 3, 2017
Please enter banners and links.

Polisi mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa 3 Mata 2017 yafashe moto 3 ivuga ko arizo zakoreshejwe mu kwica Andrew Felex Kaweesi .
Polisi muri Uganda iravuga ko moto 3 zafashwe yasanze zifite pulake (plaque)z’impimbano imwe ifite 144X, UDL 157U, na UBC 857F zikaba zafatiwe ahitwa Kisasi.
Moto zafashwe mu bushakashatsi no gutohoza polisi irimo gukora mu rwego rwo kumenya abishe Felix Kaweesi .

Nyakwigendera Andrew Felix Kaweesi warashwe akicwa

Itsinda ry’abapolisi bari mu iperereza kugirango rimenye abamurashe bakamwica
Baravuga ko iperereza barimo gukora ririmo kugenda neza kandi ejo bakaba barafashwe umuherwe umwe wakoreraga mu isiko rinini rya Owino witwa Mbaziira.
Uyu muherwe wafashwe na polisi akekwa kuba ari mu bishe Kaweesi aracyari mu maboko ya polisi n’umugore we ndetse kugeza ubu hakaba hamaze gufatwa abantu bagera muri 25.
Muhungu John Kampala
3,773 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply