Yahagaritse imodoka ajya kwa muganga iba ariyo imwica
— February 11, 2016
Please enter banners and links.

Annet Nandawula, 25 yavuye iwe mu rugo ajya kwa muganga kwisuzumisha kuko yari afite inda y’amazi 7 ageze ku muhanda abura imodoka agezaho akajya ahagarika iyo ariyo yose kugirango agree kwa muganga.
Nandawula wari utuye ahitwa Nsabya muri Kalisizo yahagaritse imodoka yo mubwoko bwa Toyota Premio UAY 341G ihita imugonga imuca ukuguru kugwa ukwako iramukurura ahita apfa atwite inda y’amezi 7 .Iyo modoka yamaze kumugonga irazunga aragenda igwa ku rundi ruhande umushoferi wayo Hamis Wagisha
ahita apfa .
Uyu mushoferi yari kumwe n’abandi basore 4 ariko bakaba baburiwe irengero batinya ko abaturage bashobora kubihanira kuko mu gihugu cya Uganda amategeko bayatwarira mu ntoki nkuko tubikesha Ikinyamakuru Bukedde cyo muri Uganda.
Nandawula akaba aribwo yari akimara gushakana n’umugabo we Patrick Jjumba mu kwezi kwa 10 2015 akaba apfuye adasize umwana.
Umugabo we akaba yavuze ko bari babanje kujya mu rusengero gusenga bavayo bakanywa icyayi hanyuma umugore akamubwira ko agomba kujya kubonana na muganga nkuko abagore batwite babigenza buri nyuma y’amezi runaka bajya kwamuganga bakabasuzuma kugirango barebe niba umwana mu nda nta kibazo afite .
Ukuriye polisi muri Rakai witwa Swaibu Muhumuza yavuze ko amakuru bamaze kumenya ngo ni uko abari muri iyo modoka bose ari abo mu muryango umwe baturukaga Namakwekwe muri Mbale imodoka bari barimo yaribannye inanira umushoferi niko kugonga umugore.
Byahinduwe mu Kinyarwanda na Muhungu John
2,989 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply