Arsene Wenger AKkomeje kubabaza abafana ba Arsenal">
Arsene Wenger AKkomeje kubabaza abafana ba Arsenal
— February 17, 2017
Please enter banners and links.

Umutoza Arsene Wenger, nyuma yo kwandagazwa n’ikipe ya Fc Bayern Munich ku mugoroba washize ikipe ye igatsindwa ibitego 5-1, abafana bakomeje kugaragaza agahinda kabo ko bakeneye impinduka zihuse kuko umutoza wayo atagishoboye, gusa nkuko tubikesha igitangazamakuru BBC, uyu mutoza ibyo amaze gutangaza biciye intege abafana ku buryo budasanzwe.
Uyu musaza w’umufaransa ku myaka 67 ye, biteganijwe ko amasezerano ye agomba kurangira muri uyu mwaka mu kwezi kwa karindwi, gusa ubuyobozi bw’iyi kipe ya Arsenal, bwamaze kwemeza ko uyu musaza niba abishaka agomba guhabwa imyaka 2 y’inyongezo yo kumushimira ibikorwa byiza byose yagejeje kuri iyi kipe.
Andi makuru akomoka ku mwishywa wa Arsene Wenger aremeza ko uyu musaza agomba kongera amasezerano ntagihindutse muri iyi kipe y’i Londre, ibi akaba aribyo byababaje cyane abafana ba Arsenal bifuza kubona impinduka mu ikipe yabo cyane cyane ku byerekeye ubutoza.
2,622 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply