Roberto Firmino yahagaritswe umwaka adatwara imodoka anacibwa amande">
Roberto Firmino yahagaritswe umwaka adatwara imodoka anacibwa amande
— February 2, 2017
Please enter banners and links.

Umukinnyi w’umupira w’amaguru Roberto Firmino ukinirira ikipe ya Liverpool yamwe n’icyaha cyo gutwara imodoka yanyweye inzoga zirengeje urugero, acibwa amande angana n’ibihumbi 20.000 by’ama pound ndetse anakwa uburenganzira bwo kwongera gutwara imodoka mugihugu cy’ubwongereza mugihe kingana n’umwaka.
Firmino w’imyaka 25,yafashwe na Police yo muri iki gihugu umwaka ushize murukerera rwa Noheli ubwo yari utwaye imodoka yasinze,gusa yaje kujya murukiko ariko ajuririra ibyo yaregwaga.
Kuri uyu wa gatatu nibwo yasubiye imbere y’urukiko ariko abwirwa ko ubujuririre bwe nta shingiro bufite ahita ahamwa n’iki cyaha.
2,575 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply