Charly na Nina bavuze impamvu bari baratandukanye n’impamvu bongeye gusubirana ndetse basohora indirimbo nshya
— February 24, 2022
Please enter banners and links.

Abahanzi bakunzwe cyane mu karere no ku isi Charly na Nina bari bamaze igihe baratandukanye bavuze impamvu yatumye batandukana ndetse n’impamvu basubiranye ndetse basaba imbabazi abakunzi babo.
Ubwo bari mu kiganiro kuri Televiziyo imwe mu Rwanda babajijwe impamvu bari baratandukanye maze bavuga ko bari bamaze igihe bakora bataruhuka bityo bahitamo gufata umwanya bakaruhuka.
Nina yagize ati “Twamaze igihe dukora tutaruhuka tutaryama tutanywa amazi hanyuma duhitamo gufata akanya ko kuruhuka none ubu twagarutse”.
Nyuma y’uko abakunzi babo bababaye kubera aba bahanzi gutandukana Charly yagize ati “Ndumva tutarabahemukiye niyo mpamvu turi hano kandi nta mpamvu yo gutanga ubusobanuro kuko n’iyo mpamvu turi hano kandi twabakoreye indirimbo ndabizi ko badukumbuye kandi natwe ntitwifuje kubababaza ariko ni uko twashatse kuruhuka kandi twagarutse”.


Nina

Charly


Aba bahanzi bakaba bagarukanye indirimbo nshya yitwa Lavender aho basaba kuyireba kuri You tube ndetse mukabashyigikira.
Aba bahanzi bakaba barakoze indirimbo nyinshi zakunzwe cyane harimo iyitwa Umuti,Try me,Indooro ,Owooma n’izindi nyinshi cyane.
Havuzwe byinshi nyuma y’uko aba bahanzi batandukanye ariko icyarushije kuvugwa ku mbuga nkoranya mbaga ni uko abenshi bari bababajwe n’itandukana ry’aba bahanzi bakunzwe cyane ariko nyuma yo gusubirana no gusohora indirimbo nshya Lavender abenshi bongeye kwishimira gusubirana kwa Charly na Nina.
Noella
2,813 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply