umu amakuru- Menya Itsinda ritanga Serivise nziza mu Rwanda ,abafite ubukwe cyangwa indi mihango mwabifashisha | Umusingi

Menya Itsinda ritanga Serivise nziza mu Rwanda ,abafite ubukwe cyangwa indi mihango mwabifashisha

Please enter banners and links.

Ahantu henshi usanga gutanga Serivise nziza ari ikibazo ariko ubu mu Rwanda hari itsinda ryaje gucyemura ikibazo cya Serivise ku buryo ubifashishije wese asigara ashima Serivise nziza batanga.

Umwe mu bagize iri tsinda aganira n’Ikinyamakuru Umusingi yagize ati “Dutanga Serivise nziza twifuza ko Ikinyamakuru Umusingi gitangariza Abanyarwanda mu gihugu hose ko uwadukenera yatumenyesha tukamufasha mu guha abamugana mu mihango itandukanye tukamufasha ku buryo abantu be bagenda bishimira kwakirwa neza”.

Abafite ubukwe cyangwa indi mihango itandukanye bashobora kutwifashisha kuko turi aba mbere mu gihugu guha Abanyarwanda Serivise nziza.

2,685 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.