Menya Itsinda ritanga Serivise nziza mu Rwanda ,abafite ubukwe cyangwa indi mihango mwabifashisha
— November 29, 2021
Please enter banners and links.

Ahantu henshi usanga gutanga Serivise nziza ari ikibazo ariko ubu mu Rwanda hari itsinda ryaje gucyemura ikibazo cya Serivise ku buryo ubifashishije wese asigara ashima Serivise nziza batanga.
Umwe mu bagize iri tsinda aganira n’Ikinyamakuru Umusingi yagize ati “Dutanga Serivise nziza twifuza ko Ikinyamakuru Umusingi gitangariza Abanyarwanda mu gihugu hose ko uwadukenera yatumenyesha tukamufasha mu guha abamugana mu mihango itandukanye tukamufasha ku buryo abantu be bagenda bishimira kwakirwa neza”.



Abafite ubukwe cyangwa indi mihango itandukanye bashobora kutwifashisha kuko turi aba mbere mu gihugu guha Abanyarwanda Serivise nziza.
3,347 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Itangazo ryo guhinduza amazina
Itangazo ryo guhinduza amazina
ITANGAZO RYO GUHINDURA AMAZINA
ITANGAZO RYO GUHINDURA AMAZINA
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply