Itangazo ryo guhinduza amazina
— July 29, 2024
Please enter banners and links.
Nkuko biteganywa n’itegeko ko ushaka guhinduza izina cyangwa amazina abisabira uburenganzira inzego zibishinzwe bityo akanyuza itangazo mu binyamakuru ni muri urwo rwego uyu munsi tari ya 29 Nyakanga 2024 uwitwa Mugisha John Rutsatsi yishyuye itangazo kunyura mu Kinyamakuru Umusingi .
Mugisha John Rusatsi mwene Kajyambere na Uwayezu ,Utuye mu Mudugudu wa Gacikiza Akagali ka Kagugu ,Umurenge wa Kinyinya ,Akarere ka Gasabo ,Mu Mujyi wa Kigali yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo Mugisha John Rusatsi akitwa Mugisha John mu gitabo cy’irangamimerere .
968 total views, 3 views today
Leave a reply